Umuhanzi Queen Cha yasohoye indirimbo nziza alone ya 11
— June 28, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi Queen Cha mu ijwi ryiza cyane yasohoye indirimbo nziza yitwa a Lonely ugenekereje bishatse kuvuga ko ari wenyine .
Abantu bakimara kuyumva nyuma yo gutangaza ku rubuga rwe rwa Facebook ko indirimbo ye nshya yasohotse batangiye kuvuga ko ariwe ushaka gutanga ubutumwa ko adafite uwo bakundana nyuma yahoo mu minsi yashize uyu muhanzi yagaragaye mu binyamakuru ko yatandukanye n’umukunzi we.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza uyu muhanzi urimo kwigaragaza cyane mu ndirimbo akora nziza niba ibyo abantu bavuga ko yashatse kwivuga ubuzima arimo mu ndirimbo ye nshya maze arabihakana avuga ko ari indirimbo isanzwe buri muntu ashobora kuyumva ikamushimisha.

Queen Cha yagize ati “iyi ni ndirimbo irimo amagambo akora ku mitima y’abantu ,buri wese yayumva ikamushimisha ariko ntago ari njye wivugaho ibyanjye hashize igihe kirekire nari kuba narayisohoye bikiba”.Uyu muhanzi amaze gukora indirimbo zigera kuri 11 akaba abura imwe gusa ngo yuzuze Album .




Queen Cha amaze gukorana indirimbo n’abandi bahanzi bakomeye barimo Washington wo muri Uganda indirimbo yitwa Queen of Queens ,aririmbana na Safi Madiba indirimbo yitwa Kizimya mwoto ,aririmbana na Fireman ndetse na Riderman ndetse akaba afite n’izindi nyinshi yakoze ari wenyine.
Gusa uyu mukobwa akaba azwiho ubuhanga mu buhanzi bwe nkuko Iradukunda M Grace abitangaza.
Iradukunda yagize ati “Queen Cha tumuziho ubuhanga n’umwe mu bakobwa beza babahanzi dufite mu Rwanda ,agira ijwi ryiza cyane ,indirimbo ze iyo uzirebye ubona ko ari umuhanzi kandi afite ubuhanga gusa nyine akeneye Manager kugirango atere indi ntambwe agree kure aho twe dushaka”.
Iradukunda M Grace n’umwe mu bafana be Queen Cha bakomeye akaba abona Queen Cha ari umukobwa mwiza ,witonda kandi uzi icyo ashaka.
Noella
3,616 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply