Indirimbo Katarina ya Bruce Melody ishobora kumugeza kure (Vidio)
— November 6, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Bruce Melody wo mu Rwanda akomeje kugaragaza ko ari umuhanzi ugeze ku rwego mpuzamahanga mu ndirimbo ye nshya Katarina ubu icurangwa ahantu hose.
Uyu muhanzi azwiho kugira ijwi ryiza ariko akagira n’ubuhanga ndetse akaba abishoboye ariyo mpamvu akora indirimbo zitandukanye zigakundwa.
Uretse iyi ndirimbo ya Katarina hari indi yakoranye na Sunny nayo yakunzwe cyane yitwa Kungora ndetse akaba afite n’izindi zitandukanye nziza abantu bakunze.




Buruce Melody n’umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda kandi akaba umwe muri bacye bahiriwe na muzika mu Rwanda kimwe na The Ben,Meddy,Charly na Nina na Bravan n’abandi bacye.
Gusa ikibazo gihari n’abaproducer baba bagomba gushyiraho akabo kugirango indirimbo z’abahanzi zibe nziza mu mashusho zirushanwe ku rwego mpuzamahanga ku buryo tubona abahanzi babanyarwanda bajya mu bihembo mpuzamahanga nka BT Awards n’ibindi bitandukanye.
7,082 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply