Bobi Wine ,Bebe Cool na Chamilion kuki bose bagendeye mu kagari k’abafite ubumuga, n’ukwiganana?
— October 24, 2019
Please enter banners and links.

Abahanzi bakomeye kandi bakunzwe bakoze izina muri Uganda Bobi Wine ,Bebe Cool na Chamilion bose bagende bagendeye mu tugari tw’abafite ubumuga abantu bakaba bibaza niba aru ukwiganana.
Habanje Chamilion bivugwa ko yavuye kuri eteje hejuru muri Tanzania akagwa akavunika amaguru akajya agendera mu kagari n’ubwo hari andi makuru yavugaga ko yabeshyaga utava kuri eteje ukavunika amaguru gusa ntugire ahandi ukomereka.
Hakurikiyeho Bebe Cool barashe ukuguru bivugwa ko ari abahanzi bagenzi be bamugambaniye barimo Weasel na Radio ubu wapfuye kubera ko icyo gihe umugore wa Bebe Cool Zuena yari yarahukanye bivugwa ko abana na Radio kuko ariwe bakundanye cyera mbere y’uko ashakana na Bebe Cool.
Bebe Cool bamurasiye mu gitaramo yari yagiyemo bityo ajya mu bitaro kwivuza ndetse Perezida Museveni akaba yaramusuye avuye mu bitaro yatangiye kugendera mu kagari k’abafite ubumuga.

Chamilion

Bobi Wine

Bebe Cool
Hakurikiyeho Bobi Wine ubwo yari avuye mu gitaramo cyapfiriyemo umushoferi we muri Arua ,ubwo abasirikare bamusangaga muri hotel yararagamo bakamukubita ndetse akamara igihe afungiye ahantu hatazwi kugeza ubwo byasakuje cyane igisirikare kikamwerekana agendera mu mbago hanyuma bamurekuye avuye mu rukiko kuko yashinjwaga gutunga imbunda ariko urukiko rumugira umwere ahita ajya kwivuriza muri Amerika ariko muri iyo minsi agendera mu kagari k’abafite ubumuga.
Abantu ubu baribaza ese kuki aba bahanzi bakomeye muri Uganda basa n’abahanganye mu bintu byose bose iki kintu cyabagezeho?.
Bose batangira umuziki cyera barakundanaga ariko nyuma baza kwangana urunuka ariko kwangana kwabo byatumye babyungukiramo kubera ko buri umwe yari afite abafana be ,usohoye indirimbo impande zose zigashaka kumva iyo ndirimbo n’itangazamakuru rikabigiramo uruhare bityo bituma umuziki uzamuka cyane.
Byageze aho ibyo guhangana kuri Chamilion na Bobi Wine birarangira ubu bakaba ari inshuti ariko Bobi Wine na Bebe Cool bo bakaba batazigera bumvikana ukurikije uburyo bameranye kuko Bobi Wine aba muri Opozisiyo ndetse Museveni aramukoresha mu kurwanya Bobi Wine ndetse na Chamilion na Bebe Cool nabo bakaba badahuza.
Muhungu John-Kampala
3,915 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply