Umumotari wibye ikariso ashaka gushimisha umukunzi we yakatiwe gufungwa imyaka 12
— August 17, 2019
Please enter banners and links.

Umucamanza w’urukiko rukuru muri Kampala yohereje muri gereza ya Luzira uwitwa Rashid Fadiga muri gereza gufungwa imyaka 12 kubera kwiba school fees z’umunyeshuri wa Kyambogo University n’ikariso 2.
Uruhande rurega ruvuga ko mu kwezi kwa gatatu tariki 16 umwaka wa 2017 mu bice bya Nakasero muri Kampala uwitwa Rashid Fadiga yibye isakoshi ya Kevin Aweko harimo amafaranga y’ishuri 450.000,ikariso 2 zifite agaciro k’ibihumbi 10.000,Bulawuzi 6 zihwanye n’amafaranga 18.000,ipantalo 4 zihwanye n’amafaranga 20.000.
Aweko avuga ko Fadiga yari afite icyuma amubwira ko natamuha isakoshi azamugirira nabi.Amakuru avuga ko Aweko yari avuye Paidah agiye kuri Kaminuza ya Kyambogo ageze kuri Arua Park muri Kampala afata moto yo kumugeza Banda kuri Kaminuza .
Umucamanza Kazarwe avuga ko ibinyetso byatanzwe n’uruhande rwareze bifite ishingiro bityo amwohereza muri gereza gufungwa imyaka 12 yose.
5,157 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply