Mohamed Morsi wayoboye Misiri yapfiriye mu rukiko ku itariki yafatiyeho ubutegetsi
— June 18, 2019
Please enter banners and links.

Mohammed Morsi wayoboye Misiri (Egypt) akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare muri 2013, Kuwa 17 Kamena 2019 yitabye amana ari mu urukiko yazanywe kuburana.
Ikinyamakuru Euronews dukesha iyi nkuru, kiravuga ko urupfu rwa Mohamed Morsi rwatangajwe na Television ya kiriya gihugu yigeze kuyobora.
Iki kinyamakuru kivuga ko Morsi w’imyaka 67 yagaragaje ibibazo byo guta ubwenge akagwa mu rukiko ari mu iburanisha ry’uyu munsi agahita anapfa.
Mohamed Morsi waregwaga ibyaha birimo kugira uruhare mu itoroka ry’abafungwa n’icyo kumena amabanga ya Leta, muri 2015 yari yakatiwe igihano cy’urupfu.

Icyo gihe amadini n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashinjaga ubutegetsi bwa kiriya gihugu gukoresha ubucamanza ngo burwanye uyu wahoze ari umukuru wa kiriya gihugu n’abari bamushyigikiye.Amakuru kandi aravuga ko itariki yapfiriyeho niyo yafatiyeho ubutegetsi.
3,006 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply