Mohamed Morsi wayoboye Misiri yapfiriye mu rukiko ku itariki yafatiyeho ubutegetsi
— June 18, 2019
Please enter banners and links.

Mohammed Morsi wayoboye Misiri (Egypt) akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare muri 2013, Kuwa 17 Kamena 2019 yitabye amana ari mu urukiko yazanywe kuburana.
Ikinyamakuru Euronews dukesha iyi nkuru, kiravuga ko urupfu rwa Mohamed Morsi rwatangajwe na Television ya kiriya gihugu yigeze kuyobora.
Iki kinyamakuru kivuga ko Morsi w’imyaka 67 yagaragaje ibibazo byo guta ubwenge akagwa mu rukiko ari mu iburanisha ry’uyu munsi agahita anapfa.
Mohamed Morsi waregwaga ibyaha birimo kugira uruhare mu itoroka ry’abafungwa n’icyo kumena amabanga ya Leta, muri 2015 yari yakatiwe igihano cy’urupfu.

Icyo gihe amadini n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashinjaga ubutegetsi bwa kiriya gihugu gukoresha ubucamanza ngo burwanye uyu wahoze ari umukuru wa kiriya gihugu n’abari bamushyigikiye.Amakuru kandi aravuga ko itariki yapfiriyeho niyo yafatiyeho ubutegetsi.
2,964 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply