Amafoto ya Zari na Spice Diana bifoje uyu munsi yateje impaka ndende, hari abavuga ko Spice ari mwiza kurusha Zari
— June 17, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi tariki ya 17 Kamena 2019 havutse impaka ndende ku bafana b’umuhanzi witwa Spice Diana ukunzwe cyane muri iyi minsi bakaba bavuga ko ari mwiza kurusha Zari.
Abafana ba Zari nabo bakavuga ko Zari ariwe mwiza n’ubwo ku ruhande rwa Spice Diana bavugaga ko Zari yari mwiza cyera agifite imyaka nk’iyo Spice afite ubu ariko ngo arashaje ubu ubwiza bwe ntibukigaragara.
Ibi byatangiye kuvugwa nyuma y’uko hari abafana b’aba bagore bombi bashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga maze bagatangira guterana amagambo buri ruhande ruvuga ko uwo bashyigikiye ari mwiza.Zari n’Umusoga ubwoko bugira abakobwa beza muri Uganda ariko ntago aribo ba mbere kuko Abahima nibo baza ku mwanya wa mbere mukugira abakobwa beza muri Uganda.

Spice Diana


Zari

Mu gihe Spice Diana bivugwa ko ari umugande ariko uvanze ari nayo mpamvu ari mwiza cyane kandi akaba umukobwa usabana cyane ndetse akagira umutima mwiza.

Spice Diana


7,227 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply