Umuhanzi Lydia Jasmine aravugwaho imyambarire igamije gukurura abagabo abigambiriye ariko cyane cyane Eddy Kenzo
— May 30, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi wo muri Uganda witwa Lydia Jasmine ndetse abamuzi bavuga ko ari umunyarwanda ndetse na se yakoreye Leta y’uRwanda ,ubu aravugwa mu bitangazamakuru bya Uganda kubera imyambarire igamije gukurura abagabo babandi.
Uyu mukobwa abenshi bavuga ko ateye neza hashize igihe ibinyamakuru bivuga ko ari mu rukundo na Eddy Kenzo mu ibanga kubera ko Kenzo afite umugore.
Kenzo hashize igihe havugwa ko afitanye ibibazo n’umugore Rema nawe w’umuhanzi ariko ikibitera ari uyu mukobwa Lydia.
Buri muntu agerageza kwikoraho cyane kugirango muri benshi bamureba hagire umukunda nibahuza bakundane ndetse banashakane babane ariyo mpamvu na Lydia Jasmine aba agomba kwikoraho kugirango abone umukunda kandi byakubitiraho ko ari mwiza ndetse ateye neza ubwo abagabo benshi bagatangira kumushaka.









Ubu amakuru avuga ko Rema umugore wa Eddy Kenzo ahangayitse cyane kubera uyu mwana w’umukobwa uvugwa ko ari mu rukundo mu ibanga n’umugabo we .
Bamwe mu bagabo bavuga ko uyu mukobwa abikora abigambiriye akiyambika utwenda tugaragaza umubiri we kugirango abakurure.
Noella
7,368 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply