Impanuka:Igikamyo cyabuze feri mu mujyi wa Kampala kigonga Taxi yari ipakiye abagenzi n’izindi modoka (Amafoto)
— April 24, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kampala aravuga ko muri uyu mugoroba habaye impanuka ikomeye ubwo ikamyo yabuze feri ikagonga tagisi Mini bus yari ipakiye abagenzi ihagaze ku matara amwe ahagarika imodoka izuruka ku rundi ruhande zitatambuka cyangwa akemerera izari zihagaze gutambuka(Traffic lights).
Ibi bikaba byabereye ahitwa Kiira Road hari na sitasiyo ya polisi,iyo kamyo ikaba yagonze iyo taxi ndetse n’izindi modoka nyinshi zari zihagaze zitegereje amatara kuzirekura.Amakuru akaba avuga ko hari abantu bataramenyekana bapfuye ariko abenshi bakaba bakomeretse bikomeye ndetse bikaba bivugwa ko icyo gikamyo gishobora kuba cyagonze abamotari kikabatwarira mu mapine yacyo.
Turacyakurikirana amakuru arambuye turayabagezaho ariko ufite inshuti cyangwa umuvandimwe muri Kampala yamubaza ko ari muzima kuko wenda ashobora kuba yari muri izo modoka zakoze impanuka.




5,967 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply