Big Fizzo na Nina hari ibanga rikomeye bafitanye
— June 3, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi Nina uririmbana na Charly ubu hiyongereyeho undi witwa Big Fizzo ukomoka mu gihugu cy’uBurundi ariko niba bazajya baririmba ari 3 ntibiratangazwa kuko usigaye usanga uko ari batatu badasiganwa kubera indirimbo yabo Indoro.
Bikomeje kuba ibanga hagati ya Nina na Big Fizzo kuko hari amakuru yizewe avuga ko baba bari mu rukundo rukomeye ariko badashaka ko bijya mu itangazamakuru.
Umwe mu nshuti za Nina utarashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko Nina akundana na Big Fizzo (Furious)ariko bikiri ibanga.
Ikinyamakuru Umusingi cyabajije Nina ku rubuga rwe rwa facebook niba akundana na Big Fizzo arabihakana.Nina abajijwe niba ajya abyumva ati “nabisomye online”.






Undi muntu w’inshuti z’aba bahanzi Nina na Big Fizzo nawe wadusabye kumugira ibanga yemeje aya makuru ndetse agira ati “ntimwabonye Knowless na Clement ko bagiye gushakana kandi barabajijwe inshuro nyinshi babihakana?naba rero ntibabyemera ariko ndabizi ko bakundana ndetse buriya na Muyoboke Alex Manager wabo arabizi ni uko nawe ntacyo babwira”.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza Bigg Fizzo wigeze gukorana indirimbo na Tom Close igakundwa cyane akaba yaranakoranye naba bahanzi indirimbo indoor igakundwa nayo ariko kumubona ntibyadukundiye ndetse na Muyoboke bombi ntibitabaga Telephone zabo.
Noella
3,547 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply