Menya uburyo Bobi Wine na Bebe Cool ndetse na Chamilion bazamuwe mu ntera mu gisirikare cyabo
— March 11, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda abayobozi bari mu ntambara zabo za Politike mu gihe abahanzi nabo bari mu ntambara zabo zo kumenya ngo ni nde uruta abandi gukundwa ,kugira ibikorwa bivuga ndetse no gukundwa cyane ,umuhanzi Chamilion akaba ari we waje imbere y’abandi ahabwa ipeti rya General mu gisirikare cy’abahanzi.
Umuhanzi Bobi Wine uyoboye ikitwa Bobi Wine akaba ari umuhanzi ukunzwe cyane muri Uganda yahawe ipeti rya General ndetse akaba ari umudepite wa Kyadondo akaba ashaka kuziyamamariza kuba Perezida wa Uganda mu mwaka wa 2021.
Ibyo bivuze ko Bobi Wine kumuzamura mu ntera kwa Bobi Wine byumvikana ndetse bidakeneye kubisobanuraho byinshi.

Undi ni Bebe Cool nawe wagizwe General kubera yakomeje muzika kumara imyaka 25 yose adasubira inyuma ahubwo akora indirimbo zikunzwe ndetse agatwara ibihembo bikomeye mpuzamahanga.
N’umwe mu bahanzi 3 bakomeye muri Uganda batangiye umuziki ukunzwe cyane kandi uko ari 3 bose bakaba bahora imbere y’abandi hakaba harabuze uza ngo abakureho ,abo bakaba ari Bebe Cool ari nawe wabanjirijr abandi bahanzi bose hakurikiraho Chamilion na Bobi Wine aza nyuma.

Chamilion we ikinyamakuru Galaxy dukesha iyi nkuru cyavuze ko mu minsi mike ari buhabwe ipeti rya nyuma mu gisirikare rya Marshal kubera ko aho mu bahanzi bakunzwe cyane muri icyo gihugu ndetse no hanze yacyo kandi akaba ari mwe mu bahanzi bakize cyane muri Uganda.

Undi wazamuwe n’uwitwa Bad Black uzwiho kuvugavuga akaba yaravuze ko Perezida Museveni yamufashe kungufu ,akaba aherutse guhamagazwa kuri Polisi kugirango yisobanureho kubyo yavuze akaba yazamuwe mu ntera ava ku ipeti rya Lieutenant agirwa Captain.
Undi wari umaze iminsi azamuwe mu ntera n’umuhanzi Fik Fameica wari wagizwe Brigadier ariko ananirwa kugumana iryo peti yahawe akaba yagabinirijwe amapeti akurwa kuri iryo peti rya Brigadier agirwa Lieutenant Colonel kubera ko aherutse gutegura igitaramo kigahomba kubera kwiyemera ku banyamakuru.
Mu bandi bambuwe amapeti harimo umuherwe witwa Bryn White uzwiho gufasha urubyiruko kurukura mu bukene uyu bakaba bavuga ko yakennye atakigira n’urwara rwo kwishima bakaba bamugize umusiviri kubera kugira amafaranga akamushirana agasubira ku bucyene.
Abandi bazamuwe bababakobwa harimo uwitwa Sheilah Gashumba akaba yakuwe ku ipeti rya Lieutenant agirwa Captain kubera azi gucanga abagabo kandi akaryamana n’abagabo babajura adafite ubwoba ,bati ibyo bintu ni bacye babishobora ariyo mpamvu yazamuwe mu ntera.
Undi ni umukobwa mwiza cyane witwa Anita Fabiola ubu wahawe kuba Ambasaderi w’ubukerarugendo muri Uganda asimbuye Miss Abenakyo wabaye Miss Uganda na Miss Africa nawe wari wasimbuye Zari akaba yagizwe Captain avuye kuri Lieutenant.

Sheebah Karungi niwe mukobwa wenyine wahawe ipete rya Lieutenant General kubera umuziki we ukunzwe cyane ku buryo hari n’abagabo benshi ahangayikisha kubahombya muri muzika ,ikindi ni uburyo ngo ateza umutekano mucye abagabo benshi bifuza ibibero bye byiza ahora yerekana ariko bidakorwa n’uwo ariwe wese bamwe bagataha batose mu ipantaro zabo.
Ni benshi bazamuwe mu ntera harimo Rema umugore wa Eddy Kenzo wazamuwe akurwa ku ipeti rya Brigadier agirwa Lieutenant General kubera ko kubana na Eddy Kenzo bitoroshye ariko kuba yarabyihanganiye kandi agakomeza umuziki we.

Undi ni Vinka waririmbye Ketchup wagizwe Brigadier kubera gukundwa cyane kubera indirimbo ze zikunzwe cyane akaba yaraje uwitwa Winnie Nwagi arabura kandi ariwe wari ugezweho.

Undi ni Miss Africa Abenakyo Quiin watumye idarapo rya Uganda rizamurwa muri Miss World ubwo yabaga uwa 3 ari hafi kuba Miss World ndetse akaza akakirwa na Perezida Museveni ibyo bituma ahabwa ipeti rya Major General.

Undi ni Spice Diana umukobwa urimo kuzamuka cyane kubera ubwiza bwe no gukora ibitaramo bigakunda akuzuza Serena hotel bigaragaza ko ashoboye akaba yahawe ipeti rya Major General avuye kuri Captain.

Aba nibo twe twashoboye kubagezaho ariko nibenshi barimo Alex Muhangi uzwiho guteza imbere comedy ,Micheal Rose ,A pass,King Saha ,Weseal n’abandi batandukanye.
Noella
6,651 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply