Jackie Chanduru yakoreshaga ibiyobyabwenge byakoreshwaga na Micheal Jackson byanamwishe
— January 23, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru atangazwa na nyiri ubwite Umuhanzi Jackie Chandiru umaze iminsi mike avuye mu kigo ngororamuco kuvurwa kunywa ibiyobyabwenge avuga ko imiti yanywaga ari nayo Micheal Jackson yanywaga.
Jackie Chandiru ubu avuga ko yamaze gukira atagikoresha ibyo biyobyabwenge akaba arimo kugenda ku maradio atandukanye asobanurira abantu aho yari yaragiye kumara imyaka 3 yose.
Umuhanzi Jackie Chandiru avuga ko iyo miti irimo ibiyobyabwenge ari muganga wayimwandikiraga ariko muganga ageze aho abona itangiye kumutera ibibazo arayimubuza ariko Jackie Chandiru avuuga ko umubiri we wari umaze kuyimenyera akajya ajya kuyigura rwihishwa mu buryo bwa magendu muganga we atabizi.






Jackie Chandiru wakoranyeho indirimbo n’abahanzi bo mu Rwanda Urban Boys yitwa Take it off yakunzwe cyane akaba agira ati « Ntago nashoboraga kujya ku rubyiniro ntiteye urushinge rw’uwo muti kuko buri kanya numvaga umubiri uwushaka nkawitera kandi niteraga urushinge aho mbonye hose kandi ataribyo bigera aho numva ngiye gupfa narananutse cyane nibwo inshuti zanjye zanjyanye kwa muganga mu kigo kivura abanywa ibiyobyabwenge bitandukanye ariho namaze imyaka 3 yose bamvura ».
Akomeza avuga ko iyo yabaga ari ku rubyiniro yiteye agashinge yakoraga ibishoboka byose kugirango yemeze abafana be ati « Nagiraga gutya nkabona abantu bose bishimye cyane bamanika amaboko nkamenya ko nabemeje nahindukira nkabona abagabo bose nabemeje bose bashaka kunkoraho nkamenya ko nabemeje nabo ariko nagera mu modoka imbaraga zigashira ubwo nkaba nkuyeyo agashinge nkitera nkabona kugarura akabaraga ku buryo umubiri wari umaze kuba ibiyobyabwenge gusa ».
Ubu Jackie Chandiru akaba yasohoye indirimbo yitwa MI ORA KU bishatse kuvuga ngo ntugire ikibazo mu rurimo rw’iwabo mu ba Rugwara baba mu majyaruguru ya Uganda kuko ariho avuka.
Muhungu John –Kampala
4,875 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply