Col. Tawimbi Richard bivugwa ko yakoranaga na Kayumba Nyamwasa yafatiwe i Kinshasa
— January 23, 2019
Please enter banners and links.

Uyu munsi amakuru avugwa n’aya Col Tawimbi Richard wari umuyobozi w’inyeshyamba za Gumino, binacyekwa ko yakoranaga n’abarwanyi ba Kayumba Nyamwasa n’abarundi, yafashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Bitangazwa ko uyu mukoroneli yafatiwe i Kinshasa ku wa Gatatu w’icyumweru gishize, tariki ya 16 Mutarama 2019, ngo akaba yakoranaga n’Abarundi ndetse n’imitwe y’inyeshyamba iyobowe na Kayumba Nyamwasa.
SOS/Burundi dukesha iyi nkuru, itangaza ko mu Ukuboza umwaka ushize, aribwo akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi kasohoye raporo igaragaza ko inyeshyamba za Gumino ziterwa inkunga na Leta y’u Burundi, by’umwihariko zikaba zikorana bya hafi na Kayumba wahoze ari umugaba w’ingabo z’u Rwanda, ubu akaba atavuga rumwe na Leta.
Andi makuru avuga ko uyu mukoloneri yari afitanye amasezerano na Leta y’u Burundi yo kuyifasha guhashya imitwe y’inyeshyamba iyirwanya iri muri Kivu y’Amajyepfo.
Itabwa muri yombi rya Col Tawimbi, ngo ni ikimenyetso gikomeye kigaragaza ko ingabo za Leta (FARDC) zahagurukiye guhashya imitwe y’inyeshyamba ikomeje kwidegembya mu misozi miremire yo muri Fizi na Uvira.
7,278 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply