Umukobwa yarwanye na nyina bapfa umugabo ubasambanya bombi
— May 24, 2016
Please enter banners and links.

Nakaggwa Jane nyina wa Nakangu bafatanye mu ijosi bararwana umukobwa abwira nyina ko atakiri nyina ahubwo asigaye ari mukeba we nyuma yo kumenya ko umugabo utamenyekanye amazina ye bimenyekanye ko abasambanya bombi.
Umukobwa witwa Nakangu w’imyaka 20 niwe wakubiswe na nyina nkoni nyinshi agezaho kubera umujinya mwinshi nawe ati “n’ubwo unkubita bwose sinkiri umwana wawe ahubwo ubu wabaye mukeba wanjye ibi byose ukora n’ubufushyi nta kindi”.
Ibi byabereye mu gihugu cya Uganda uyu munsi taliki 23 Gicurasi 2016 aho nyina wa Nakangu yasabye abari baraho arwana n’uyu mukobwa we ko hagira umuhungu cyangwa umugabo umuha ibihumbi bitanu 5000 Ug shs akamwitwarira akamukira.
Umwe mu bari bari aho utashatse ko amazina ye atangazwa arebe uburyo nyina w’umukobwa akubita umwana we yibyariye kubera umugabo yagize ati “iyi si irajyahe?umubyeyi asigaye asangira n’umwana we umugabo bakagera aho baterana amagambo ndetse bakarwana ukagirango n’abakeba koko”.
Muhungu John Kampala
3,240 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply