Energy drink yo muri Zambia yateje ibibazo abayinywa barwara indwara yo gushyukwa amasaha 6
— January 20, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi ni uko mu gihugu cya Zambia icyo kunywa kitwa Energy Drink cyateje ibibazo bikomeye nyuma y’uko abayinyweyeho barwara indwara yo gushyukwa kumara amasaha 6.
Ubundi energy drinks ziba zirimo ibirungo bitandukanye harimo nka caffeine n’ibindi kugirango ifashe kumera neza mu bwonko no gutuma umubiri ukora neza nkuko tubikesha facetofaceafrica ariko iyo muri Zambia bigaragara ko yashyizwemo ibindi birungo bikaba aribyo bituma abantu bagira ikibazo cyo gushyukwa cyane amasaha 6 yose.
Iki kinyobwa ibihugu byinshi birakikorera muri Zambia kikaba gikorwa na kampuni yitwa Revin Zambia Limited iherereye ahitwa Ndola mu Majyaruguru y’icyo gihugu.
Ibi kugirango bimenyekane byamenyekaniye mu gihugu cya Uganda n’ikigo cya National Drug Authority (NDA)kivuga ko nyuma y’abagabo kubatakira ikibazo kiyo Energy drink ko iyo bayinyoye bagira ikibazo cy’umushyukwe ukabije maze iki kigo gitangaza ko bakoze igenzura kumenya niba koko ibyo bavuga ari ukuri.


Ibindi basanze biterwa n’iki kinyobwa harimo kubira ibyuya cyane n’umutima gutera cyane bidasanzwe ku buryo ushobora kugirango urwaye umutima.
Zambia Medicines Regulatory Authority, the Ndola City Council and the Zambia Bureau of Standards aba bakaba bavuze ko hari aba Ofisiye 3 boherejwe gucukumbura kumenya neza ikibazo uko giteye.
Iki kinyobwa muri Uganda kikaba cyarahagaritswe gucuruzwayo ariko hakaba hari abavuga ko bishobora kuba ari ukugirango ikinyobwa cyo muri Uganda cya Energy drink kibe aricyo gicuruzwa gusa ,mu gihe abakora iki kinyobwa muri Zambia bahakana ko nta bindi biri mu kinyobwa cyabo bitera abagabo gushyukwa.
7,373 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply