umu amakuru- Zari nawe mu guhima Diamond yerekanye uwo bari mu rukundo witwa Boss Mutoto (Amafoto) | Umusingi

Zari nawe mu guhima Diamond yerekanye uwo bari mu rukundo witwa Boss Mutoto (Amafoto)

Please enter banners and links.

Mu gihe hashize iminsi havugwa amakuru ya Diamond Platinumz wokundanye na Zari ndetse bakabyarana abana 2 ko agiye gukora ubukwe n’umukobwa w’umunyamakuru muri Kenya Tanasha ,Zari nawe yashatse kwereka Diamond ko yabonye uwo bakundana kandi w’umuherwe.

Hashize iminsi abantu bamubona ari kumwe n’uwo mukunzi we mushya witwa Boss Mutoto ubundi n’amazina yo mu rurimi rw’igiswayiri bishatse kuvuga ngo umukire muto.

Zari ku ruhande Tanasha ari kumwe na Diamond

Diamond na Zari bagikundana

Diamond ari kumwe na Boss Mutoto na Zari

N’ubwo Diamond avuga gushaka n’uwo mukobwa ariko kuri Instagram ye yirirwa ashyiraho amafoto ya Zari nkaho bagikundana .

Biteganijwe ko ubukwe bwa Diamond buzaba tariki Zari yamwangiye ariyo tariki y’abakundanye mu kwezi kwa 2.

6,217 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.