Umukobwa ushinjwa gusenya urugo rwa Eddy Kenzo arabikwiye kwihangana biragorana ku mukobwa mwiza kandi umuhungu afite agafaranga(Amafoto)
— January 6, 2019
Please enter banners and links.

Uyu mukobwa amazi igihe mu itangazamakuru ashinjwa gusenya urugo rwa Eddy Kenzo nyuma yo kuzana uyu mukobwa mu situdiyo ye no mu itsinda rye rya Big Talents ariko bikavugwa ko Kenzo aca inyuma umugore we Rema akaryamana na Pia Pounds.
Hari bamwe mu bakurikirana amakuru y’umuziki muri Uganda bumvise izi nkuru ndetse babonye amafoto y’uyu mukobwa witwa Pia Pounds bavuga ko Eddy Kenzo cyangwa undi mugabo wese ufite agafaranga atashobora kwihanganira umukobwa mwiza w’inzobe ufite ikibero kiyaga wagirango cyuzuyemo amata.
Amakuru avuga ko uyu mukobwa akihagera Eddy Kenzo yatangiye kujya ataha atinze bivugwa ko yabaga ari kumwe na Pia Pounds muri situdiyo ya Kenzo bigatuma Rema nawe w’umuhanzi akaba ari umugore wa Eddy Kenzo agafuha.Uyu mukobwa mu kiganiro yagiye agirana n’abanyamakuru bakamubaza niba yararyamanyeho na Eddy Kenzo agasubizanya isoni aho bamwe bamushinja ko gusubizanya isoni bigaragaza ko yaryamanye na Eddy Kenzo ariko Pia Pounds akaba yarabihaknya ndetse na Kenzo babimubajije arabihakana.





Hari umwe wavuze ngo iyo umukobwa yakunze umusore ndetse bararyamanyeho usanga amuganiraho buri kanya amuratira inshuti ze ko ari umusore mwiza ,ibyo yamuguriye n’ibyo yamukoreye byose abiratarata aribyo Pia Pounds aba avuga Kenzo ko amufata nka Papa we ko yamugize uwo ariwe n’ibindi byinshi.
Kandi ngo abakobwa iyo bakunze bamwe usanga batega imitego akaza yiyambitse udukanzu tugufi akerekana ibibero byiza iyo aziko afite ibibero byiza akabyerekana kakahava akajya akora uko ashoboye ngo umusore abirebeho.
Iyo yiyambitse gutyo kabiri gatatu byanze bikunze abasore bagwa mu mutego cyangwa abagabo ugasanga atangiye kumusohokana bikarangira baryamanye.








6,284 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply