Yakoze mu gitsina cye asiga umusore bakundanaga mugahanga amuroga kutongera kuryamana n’abandi bakobwa
— January 2, 2019
Please enter banners and links.

Umusore witwa Muganga Keneddy yashatse umukobwa bakundana aramubura atangira kujya ajya kugura indaya ariko imwe muzo yaguraga yaramuroze.
Pastor Kakande yamubwiye ati umukobwa mugufi waguze ari indaya mwamara kuryamana agakora mu gitsinda cye akagukora kugahanga akakubaza ngo tuzongera kubonana ryari?.
Uyu mu Pasiteri witwa Kakande uzwiho kugukubita urushyi mugahanga ukagwa hasi hanyuma akavuga ibyawe byose yarangiza akagusengera ugakira ninako yabikoze kuri Peter arangije amubwira ko niba ashaka kudapfa arekeraho kugura indaya.



Pasiteri Kakande ufite urusengero rukomeye muri Kampala azwiho gusenera abantu baturutse imisozi yose ,mu bihugu byose n’abazungu kandi akubwira ibibazo ufite naho ubikura niba ari amarozi akakubwira uwakurozwe indwara ziba zarananiranye kwa muganga afite agacupa karimo utuzi aguteraho ako kanya ugakira.
Pasiteri Kakande yabwiye Muganga Keneddy ko asigaje imyaka 8 gusa ngo apfe ko niyibeshya akongera gufata ku mdaya azibibona bimwiyandika mu kiganza Abamarayika bazamanuka babimwereke.
6,724 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ninde ugaruye umuriro muri ADEPR ko wari waracogoyeho ?Uwakoze urutonde rw’Aba terrorists yahagaritswe
Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Karuranga Ephrem wahoze ari umuvugizi wa ADEPR yirukanye Sibomana na Rwagasana none nawe Isaie Ndayizeye yamwirukanye
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply