Yakoze mu gitsina cye asiga umusore bakundanaga mugahanga amuroga kutongera kuryamana n’abandi bakobwa
— January 2, 2019
Please enter banners and links.

Umusore witwa Muganga Keneddy yashatse umukobwa bakundana aramubura atangira kujya ajya kugura indaya ariko imwe muzo yaguraga yaramuroze.
Pastor Kakande yamubwiye ati umukobwa mugufi waguze ari indaya mwamara kuryamana agakora mu gitsinda cye akagukora kugahanga akakubaza ngo tuzongera kubonana ryari?.
Uyu mu Pasiteri witwa Kakande uzwiho kugukubita urushyi mugahanga ukagwa hasi hanyuma akavuga ibyawe byose yarangiza akagusengera ugakira ninako yabikoze kuri Peter arangije amubwira ko niba ashaka kudapfa arekeraho kugura indaya.



Pasiteri Kakande ufite urusengero rukomeye muri Kampala azwiho gusenera abantu baturutse imisozi yose ,mu bihugu byose n’abazungu kandi akubwira ibibazo ufite naho ubikura niba ari amarozi akakubwira uwakurozwe indwara ziba zarananiranye kwa muganga afite agacupa karimo utuzi aguteraho ako kanya ugakira.
Pasiteri Kakande yabwiye Muganga Keneddy ko asigaje imyaka 8 gusa ngo apfe ko niyibeshya akongera gufata ku mdaya azibibona bimwiyandika mu kiganza Abamarayika bazamanuka babimwereke.
6,678 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ninde ugaruye umuriro muri ADEPR ko wari waracogoyeho ?Uwakoze urutonde rw’Aba terrorists yahagaritswe
Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Karuranga Ephrem wahoze ari umuvugizi wa ADEPR yirukanye Sibomana na Rwagasana none nawe Isaie Ndayizeye yamwirukanye
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply