umu amakuru- Yakoze mu gitsina cye asiga umusore bakundanaga mugahanga amuroga kutongera kuryamana n’abandi bakobwa | Umusingi

Yakoze mu gitsina cye asiga umusore bakundanaga mugahanga amuroga kutongera kuryamana n’abandi bakobwa

Please enter banners and links.

Umusore witwa Muganga Keneddy yashatse umukobwa bakundana aramubura atangira kujya ajya kugura indaya ariko imwe muzo yaguraga yaramuroze.

Pastor Kakande yamubwiye ati umukobwa mugufi waguze ari indaya mwamara kuryamana agakora mu gitsinda cye akagukora kugahanga akakubaza ngo tuzongera kubonana ryari?.

Uyu mu Pasiteri witwa Kakande uzwiho kugukubita urushyi mugahanga ukagwa hasi hanyuma akavuga ibyawe byose yarangiza akagusengera ugakira ninako yabikoze kuri Peter arangije amubwira ko niba ashaka kudapfa arekeraho kugura indaya.

Pasiteri Kakande ufite urusengero rukomeye muri Kampala azwiho gusenera abantu baturutse imisozi yose ,mu bihugu byose n’abazungu kandi akubwira ibibazo ufite naho ubikura niba ari amarozi akakubwira uwakurozwe indwara ziba zarananiranye kwa muganga afite agacupa karimo utuzi aguteraho ako kanya ugakira.

Pasiteri Kakande yabwiye Muganga Keneddy ko asigaje imyaka 8 gusa ngo apfe ko niyibeshya akongera gufata ku mdaya azibibona bimwiyandika mu kiganza Abamarayika bazamanuka babimwereke.

6,614 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.