Ishyirahamwe ry’Ababuranyi ryareze Museveni mu Rukiko
— May 18, 2016
Please enter banners and links.

Ishyirahamwe ry’Ababuranyi mu gihugu cya Uganda bareze mu rukiko Perezida Museveni kubera yakiriye Perezida Bashir wa Sudan ubwo yari aje mu muhango wo kurahira kwa Museveni taliki 12 Gicurasi 2016.
Perezida Bashir wa Sudan yashyiriweho impapuro zimufata n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha yakoze byibasiye inyoko muntu.
Perezida Museveni baramushinja kuba ari mu basinye ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rushyirwaho ariko akaba atubahiriza ibyo yasinyiye.
Perezida Bashir yari agiye gufatirwa mu gihugu cya Afurika y’Epfo ariko Perezida w’icyo gihugu Zuma amucira akayira abashakaga kumufata batazi azana kajugujugu aramucikisha .
Perezida Bashir akaba ateganya kuza mu Rwanda mu nama y’unze ubumwe ya Africa(Africa Union)iteganyijwe kubera mu Rwanda.
Ariko ikigaragara ni uko babona Museveni yafunze Dr.Kiiza BBesigye nabo bakaba babona akora amakosa bagashaka ko nawe yitaba inkiko .
Muhungu John
2,661 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply