Utunyamasyo 153 twafashwe tujyanwa mu Bwongereza
— May 18, 2016
Please enter banners and links.

Abantu basigaye bakora ubucuruzi butazwi kandi burimo amafaranga menshi bagakira vuba bagatangira kuvuga ko amafaranga bayibye kandi ari ubucuruzi nk’ubu abantu baba batazi.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro URA cyafashe abagabo 2 bari ba pakiye imodoka utunyamasyo 153 bivugwa ko bari badukuye ahitwa Nakapiripiriti muri Kalamoja amajyaruguru ya Uganda.
Abafashwe uyu munsi Kuwa 18 Gicurasi 2016 ntibaramenyekana amazina yabo ndetse ntibaranasobanura impamvu ubu Bunyamasyo babutwara mu Bwongereza.Ntawamenya niba buba bugiye kuribwa cyangwa hari imiti babukoramo cyangwa ikindi icyo aricyo cyose.
Agnes Nabwire umukozi wa URA yavuze ko bahawe amakuru n’inzego zishinzwe iperereza bafata imodoka bari bapakiyemo utunyamasyo dufungiye mu mifuka .Utu tunyamasyo tukaba twarasubijwe abashinzwe kurinda inyamaswa n’amashyamba kuwa 17 Gicurasi 2016.

Josey Muhangi ushinzwe itangazamakuru mu kigo gishinzwe inyamaswa n’amashyamba yavuze ko akanyamasyo kamwe kagura Amadorari ibihumbi bitanu (5000UDS)ku isoko ryo kumugabane wa Asia ku muntu ubutwara ntabyangombwa kuko ntago byoroshye kubibona.
Amakuru atangwa na Havocscope urubuga rwo kuri interinet rutanga amakuru y’abacuruza mu buryo butemewe ibyo bita( black market ) ruvuga ko akanyamasyo kamwe muri Malaysia kagura Ama pound $10,000 mu mashilling ya Uganda Miliyoni miring itatu ne eshatu n’ibihumbi Magana abiri (Shs33.2m).
Utunyamasyo turahenda cyane muri Asia no muri Chine kuko baburya nk’ibiryo ,ikizu cyabwo bakagisyamo ifu bakayikoramo umuti.
Muhungu John
3,095 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply