Utunyamasyo 153 twafashwe tujyanwa mu Bwongereza
— May 18, 2016
Please enter banners and links.

Abantu basigaye bakora ubucuruzi butazwi kandi burimo amafaranga menshi bagakira vuba bagatangira kuvuga ko amafaranga bayibye kandi ari ubucuruzi nk’ubu abantu baba batazi.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro URA cyafashe abagabo 2 bari ba pakiye imodoka utunyamasyo 153 bivugwa ko bari badukuye ahitwa Nakapiripiriti muri Kalamoja amajyaruguru ya Uganda.
Abafashwe uyu munsi Kuwa 18 Gicurasi 2016 ntibaramenyekana amazina yabo ndetse ntibaranasobanura impamvu ubu Bunyamasyo babutwara mu Bwongereza.Ntawamenya niba buba bugiye kuribwa cyangwa hari imiti babukoramo cyangwa ikindi icyo aricyo cyose.
Agnes Nabwire umukozi wa URA yavuze ko bahawe amakuru n’inzego zishinzwe iperereza bafata imodoka bari bapakiyemo utunyamasyo dufungiye mu mifuka .Utu tunyamasyo tukaba twarasubijwe abashinzwe kurinda inyamaswa n’amashyamba kuwa 17 Gicurasi 2016.

Josey Muhangi ushinzwe itangazamakuru mu kigo gishinzwe inyamaswa n’amashyamba yavuze ko akanyamasyo kamwe kagura Amadorari ibihumbi bitanu (5000UDS)ku isoko ryo kumugabane wa Asia ku muntu ubutwara ntabyangombwa kuko ntago byoroshye kubibona.
Amakuru atangwa na Havocscope urubuga rwo kuri interinet rutanga amakuru y’abacuruza mu buryo butemewe ibyo bita( black market ) ruvuga ko akanyamasyo kamwe muri Malaysia kagura Ama pound $10,000 mu mashilling ya Uganda Miliyoni miring itatu ne eshatu n’ibihumbi Magana abiri (Shs33.2m).
Utunyamasyo turahenda cyane muri Asia no muri Chine kuko baburya nk’ibiryo ,ikizu cyabwo bakagisyamo ifu bakayikoramo umuti.
Muhungu John
3,061 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply