Miss Africa Abenakyo ageze muri Uganda yakirwa nk’umuntu ukomeye cyane akaba ari bwakirwe na Perezida Museveni iwe mu rugo
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Miss Uganda wahawe Miss Africa umukobwa mwiza muri Africa Abenakyo Quiin ubu amaze kugera muri Uganda aho uturutse mu gihugu cy’uBushinwa (China)aho yari yaragiye mu marushanwa y’ubwiza ku isi.
Amarushanwa yitabirwa n’abakobwa baba ari ba Nyampinga b’ibihugu (Miss)hanyuma hagatorwamo umwiza kubaruta akaba Nyampinga w’isi yose bivuze ko ariwe uba ari mwiza ku isi.
Miss Africa Abenakyo akaba ariwe wabaye uwa gatatu ku isi mu bwiza ndetse mu mateka akaba ariwe mukobwa w’umwirabura wongeye kugera kuri uwo mwanya nyuma y’uwigeze kuba Miss World mu 1967 kuva icyo gihe nta mwirabura urongera kuba Miss World nkuko bimwe mu bitngazamakuru bibivuga.
Iri rushanwa rivugwamo kuvangura kuko nta mwirabura urongera kuba Miss World nyuma y’imyaka myinshi abazungu aribo baritwara buri gihe.






Miss Abenakyo akaba yakiriwe n’ababyeyi be ,akaba yishimye cyane kugaruka mu gihugu cye agarukanye intsinzi ikomeye ndetse akaba yarazamuye idarapo ry’igihugu bigatuma Perezida Museveni ari bumwakire iwe mu rugo bakaganira.
Museveni kwakira Miss Africa Abenakyo kikaba ari igikorwa kiza abantu bishimiye kuko ari ikimenyetso cyo gushyigikira urubyiruko rufite icyerekezo cyo guteza imbere igihugu n’ubwo mukugenda Leta ya Museveni itamwitayeho.
Umwe mu nshuti za Miss ABenakyo witwa Grace yanditse avuga ko ngo abantu bakunda abakize ati agenda banze kumuha na tike y’indege none aratsinze bose batangiye kumurwanira.
Amakuru aturuka aho uyu mukobwa mwiza cyane akomoka muri Busoga hakomokayo n’umugore w’icyamamare witwa Zaria bantu benshi bazi wabayeho n’umugore wa Daimond Platinumz ,ndetse n’umugore wa Bebe Cool bose bakomoka Busoga ,Umwami waho akaba yateguye kumwakira akamukorera ibirori byo kumushimira.
3,920 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply