yakubise abantu 2 Remera bikomeye ariko ntibapfa
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 19 Ukuboza 2018 ahagana mu masaha ya saa sita z’amanywa haguye imvura nyinshi mu bice bya Remera muri Gasabo humvikanamo inkuba ikaba yakubise abasore 2.
Amakuru tugikurikirana ni uko abo basore bari bugamye ahantu hafi ya Stade Amahoro ariho yabakubitiye ibajugunya mu muferege w’amazi ndetse ibababura mu gituza bikomeye.
Umwe mu barebaga inkuba ibakubita utashatse ko amazina ye tuyatangaza yavuze ko umwe mu bakubiswe n’inkuba yahise ajyanwa mu bitaro bya Kibagabaga undi ajyanwa mu bitaro byegereye polisi ya Remera ariko bameze nabi nkuko abivuga.
Abantu bibazaga uburyo imvura yaguye ari nyinshi cyane mu gihe gito igahita kandi yarimo urubura rwinshi ku buryo bavuga ko wagirango ntinererano kuko yaguye mu gihe gito ihita irekeraho.Inkuru turacyayikurikirana kugirango tubagezeho abakubiswe n’inkuba uko bameze n’icyo ubuyobozi buri bubivugeho byose turimo kubikurikirana.
3,254 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply