yakubise abantu 2 Remera bikomeye ariko ntibapfa
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 19 Ukuboza 2018 ahagana mu masaha ya saa sita z’amanywa haguye imvura nyinshi mu bice bya Remera muri Gasabo humvikanamo inkuba ikaba yakubise abasore 2.
Amakuru tugikurikirana ni uko abo basore bari bugamye ahantu hafi ya Stade Amahoro ariho yabakubitiye ibajugunya mu muferege w’amazi ndetse ibababura mu gituza bikomeye.
Umwe mu barebaga inkuba ibakubita utashatse ko amazina ye tuyatangaza yavuze ko umwe mu bakubiswe n’inkuba yahise ajyanwa mu bitaro bya Kibagabaga undi ajyanwa mu bitaro byegereye polisi ya Remera ariko bameze nabi nkuko abivuga.
Abantu bibazaga uburyo imvura yaguye ari nyinshi cyane mu gihe gito igahita kandi yarimo urubura rwinshi ku buryo bavuga ko wagirango ntinererano kuko yaguye mu gihe gito ihita irekeraho.Inkuru turacyayikurikirana kugirango tubagezeho abakubiswe n’inkuba uko bameze n’icyo ubuyobozi buri bubivugeho byose turimo kubikurikirana.
3,176 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply