Imodoka zihenze z’abantu bapfiriye mu bwato zatangiye gutwarwa n’abo mu miryango yabo zari zarafashwe na Polisi
— November 28, 2018
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda muri iyi minsi guhera kuwa gatandatu haravugwa inkuru y’abantu bapfiriye mu bwato bari bagiye kwinezeza kuri K Palm Resort i Mpatta muri Mukono.
Bajya kujya ku bwato imodoka zabo basize baziparitse kuri KK beach i Gaba ari naho Polisi yahise izifatira kugirango abantu batari abo mu miryango y’abanyakwigendera bataziyitirira bakazitwara.




Ubu amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko imodoka z’abanyakwigendera abo mu miryango yabo batangiye kuzitwara nyuma y’uko polisi ibanje kumenya niba koko abaje kuzitwara ari abo mu miryango yabanyakwigendera.
Ubwoto bwari burimo abantu babakire bafite amafaranga kandi bazi kwinezeza burya ubuzima .Amakuru aravuga ko abantu 60 bataraboneka baguye mu mazi imirambo yabo iburirwa irengero bakaba bakirimo kuyishakisha.
3,148 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply