Bazanye ubwato bunini bwita Imeri bwo gukuramo ubwarohamye bwananiranye kubukura mu mazi ,bushobora kuba bwararyamiye abantu(Amafoto na Vidio)
— November 27, 2018
Please enter banners and links.

Uyu munsi Kuwa 27 Ugushyingo 2018 muri Uganda bari mu gahinda kenshi kubera abantu barenga 120 bari ku bwato barimo kurya ubuzima bukabaroha mu Nyanja ya Victoria kugeza ubu bikaba bivugwa ko hamaze gupfa abagera 36 abandi 60 bataraboneka.
Ishami rya Polisi n’iryigisirikare rishinzwe ubutabazi bwo ku mazi bakaba bazanye ubundi bwato bunini MV Kalangala kugirango bukurure ubwarohamye bivugwa ko bushobora kuba bwaraguye hejuru y’abantu bakiri munsi yabwo.
Bazindutse bagerageza uburyo babukura mu mazi bazana ibimodoka binini bikora imihanda babizirikaho imigozi ikomeye ikoze mu byuma ariko birananirwa nibwo bahisemo kuzana ubwato bwitwa Imeri.


Uko byari byifashe mbere yo kurohama ubu abenshi muri abo ntibakiri ku isi
Abana babakobwa nabasore beza babyina bataziko basezra ku isi
Ikibabaje muri iki gihugu iyo hagize ikiba cyaba kiza cyangwa kibi biba ari inyungu kuri bamwe nk’ubu hari abavuze ko nibaza umurambo bazajya babaha ibihumbi 100 ,umuherwe witwa Bryn White arabemerera bageze aho bamusaba ibihumbi 400 nabyo arabyemera kugirango abantu babuze ababo bababone.N’inkuru ibabaje ku buryo bake mu barokotse uburyo babiganira biteye agahinda .



Bazanye na Kajugujugu kubafasha



Bamwe mu bapfiriye mu bwato

Ibikamyo babanje kuzana birananirwa
Biravugwa ko ubwo bwato bwari bumaze amezi 6 bwarapfuye budakora ndetse bukaba bwaratinze guhaguruka bakibukanika ariko ntibwakira neza bugeze mu mazi hagati amazi arabutobora yinjiramo buracubira abantu batangira kurwana n’ubuzima ariko hari abatabazi bari mubundi bwato buto baza gutabara batabaraho bacye ariko uwari ubutwaye nawe yarapfuye abantu barabukuruye barwana no kugirango bose bajyemo bituma nawe amaze amutwara.
8,143 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply