
Mbere yo kurira indege Kloop yabwiye abakinnyi ibanga ryo gutsinda Villarreal
— April 27, 2016

Please enter banners and links.
Kuri uyu wa gatatu taliki 27 Mata 2016 nibwo ikipe ya Liverpool yuriye indege aho bagiye mu gihugu cya Spain aho ejo kuwa kane bazakina n’ikipe ya Villarreal umukino ubanza .
Mbere y’uko burira indege umutoza Jurgen Klopp yabanje kugirana nabo akanama k’iminota mike abasaba gukina batikinishije kuko nibatsindwa niwe uzabibazwa.
Klopp yagize ati “tugomba gukina umupira w’imbaraga nkuko twakinnye na Dortmund kandi nzi neza ko twayitsinda kandi nibyo nshaka ko mukora”.
Uyu mutoza ajya guhura n’ikipe ya Dortmund yari yavuze ko azayitsinda abantu barabihakana bati ikipe yatsinze Spurs ntago Liverpool yayitsinda ariko byarangiye Liverpool itsinze.
Umutoza n’ubu akaba yabwiye abanyamakuru ko agomba gutsinda Villarreal n’ubwo afite ikibazo gikomeye cy’imvune .
Origi akaba yaravunitse ,Sakho akaba yarahagaritswe kubera ibiyobyabwenge byongera imbaraga .


Umukinnyi wa Arsenal carzola wakiniye Villarreal imyaka 2 yaqvuze ko Liverpool n’ubwo ifite umukinnyi abona ukomeye cyane witwa coutinho uhindura umukino kandi Liverpool isatira izamu cyane ariko Villarreal nishobora kurinda inyuma neza ishobora gutsinda ariko kuri Anfield ishobora kutazahava amahoro.Reba amafoto ikipe ya Liverpool FC yurira indege n’umutoza wayo Klopp.







Muhungu John
2,716 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply