Abagore bareze abagabo babo babicisha inyota y’urukundo rwo mu cyumba bigatuma basambana hanze
— December 29, 2017
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda ahitwa Gombe muri Wakiso bareze abagabo babo kubatera umugongo n’injoro baryamye bakabicisha inyota y’urukundo rwo mucyumba bigatuma babaca inyuma bagasambana.
Ibi byabereye mu nama y’umutekano yateguwe n’uyobora Polisi ya Matugga, ASP Brigthon Steven Kirya yari igamije kureba uburyo hafatwa ingamba zo kugabanya intambara zo mu mago.
Polisi ivuga ko isanga intambara zo mu mago ziyongera ubwinshi umunsi ku wundi ndetse zigateza ibibazo ku b’abana ku buryo abana bamw basigwa mu ngo hakabura ubitaho.
Polisi ivuga koi maze kwakira ibirego byinshi abashakanye bashinjanya ubusambanyimaze abagore bahita babwira Polisi ko abagabo babo bakabije kubatera umugongo iyo baryamye bakabicisha inyota y’urukundo bigatuma basambana hanze.
Cissy Nalukenge umwe mu bagore bari muri iyo nama yavuze ko abagabo babo bakabije kutabaha urukundo rwo mucyumba kandi nabo aria bantu bagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ati “iyo bataduhaye urwo rukundo kandi tuba tubishaka natwe duhitamo gushaka undi kuruhande uguha ibyishimo”.
Cissy Nalukenge yakomeje avuga ko abagabo baba bafite abagore iyo kuruhande bakagaruka murugo bamaze kuryamana nabo batashaka gukora ku mugore wo mu rugo n’abagore bikabarakaza bakajya gusambana hanze.
Abagabo bo bavuga ko impamvu badaha abagore babo urukundo rwo mu cyumba cyangwa impamvu batabashimisha mu cyumba n’ijoro ari uko abagore babo bafite umwanda.
Umwe mu bagabo wari muri iyo nama witwa Timothy Muwonge mu gusubiza abagore bavuze ko barambiwe abagabo babo babatera umugongo mu buriri ndetse no kubicisha inyota y’urukundo yagize ati “abagore bacu bakabije kugira umwanda kuko hari igihe mugera mucyumba wamukoraho ukumva umubiri urafatira kubera ibyuya batakarabye tugahitamo kwishakira abafite isuku”.
Yakomeje avuga ko hari abagore usanga yambara umwenda umwe iminsi 2 cyangwa 3 atayimeshe bigatuma agira umwanda ndetse bigatuma umugabo atamwitaho nkuko bikwiye kuko ubundi umugore aba agomba kugira isuku kurusha umugabo.
Avuga ko iyo nyota babicisha no kubatera umugongo aribo babyitera kuko ngo bagiye bagira isuku nta kibazo bagirana n’abagore babo kuko abagabo bashimishwa no kubona abagore bagira isuku hose.
3,063 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply