Abashaka kuva mu bukode ibyo mugomba gukora bisome
— November 26, 2017
Please enter banners and links.

Usanga abantu benshi bafite amafaranga ariko bikabananira kuyarundanya kugirango biyubakira amazu bave mu bukode ariko hari bimwe Ikinyamakuru Umusingi cyabashakiye mukurikiza kugirango mubashe kubaka muve mu bukode.
Icya mbere niba wari utuye kure y’akazi bigusaba gutega imodoka inshuro 2 cyangwa zirenze icyo wakora ni uko wakwimuka ugashaka inzu hafi y’akazi kuko ayo mafaranga watangaga ku modoka ugiye uyabika kumara umwaka waguramo imifuka ya sima myinshi.
Hari abakoresha amafaranga 1000 ku munsi mu gutega harimo no gutega za moto ,ku kwezi n’ibihumbi 30 ku mwaka bikaba ibihumbi 360.000Rwf aya mafaranga yagura sima yakubaka inzu.
Ikindi gituma abantu batarundanya amafaranga ngo bashobore kwiyubakira usanga yishyurira abana batari abe amafaranga y’ishuri cyangwa ugasanga hari abantu 3 acumbikiye mu rugo bigatuma ashaka inzu nini ihenze no kubatunga ugasanga bimutwaye amafaranga menshi.
Ugiye kubara abo bantu 3 ucumbikiye ushobora gusanga umwe umutanga atari munsi y’ibihumbi 2000 wakuba na 3 bikaba 6000 ku kwezi ugasanga agera mu bihumbi 180 ,mu gihe ku mwaka usanga agera muri Miliyoni 2.160.000Rfw wateranyaho yayandi ukoresha utega ujya ku kazi ushobora gusanga winjiza amafaranga menshi cyane mu myaka 2 waba wujuje inzu nziza cyane ,bigerageze.
Ushobora no kuba ukora ibyo byose ,utega inshuro zingahe ku munsi ,ugaburira abantu bangahe iwawe ,ubacumbikiye ,urihirira abana bangahe batari abawe ndetse hakiyongeraho ayo uha abakobwa ,ayo ugura inzoga wasohokanye nabo ugasanga uyabaze neza ku mwaka ushobora gusanga ari menshi uri umukire ariko utabizi.
Cyane cyane abasore usanga biyemera cyane agakodesha inzu ibihumbi 150 ahembwa 300 ugasanga amatike ,internet ,guhamagara,guhaha cyangwa restora na famiye ye andi yose niho ashirira ntiyizigame kandi ukurikije ibyo twavuze haruguru mu myaka 3 cyangwa 4 waba ufite inzu yawe nziza cyane.
3,668 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply