umu amakuru- Hatahuwe aho Perezida Museveni na Kabila na Eduado de Santos bahisha amafaranga yabo | Umusingi

Hatahuwe aho Perezida Museveni na Kabila na Eduado de Santos bahisha amafaranga yabo

Please enter banners and links.

Bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda byatangiye kwandika ko Perezida Museveni afite Miliyoni 230 z’Amadorari kuri konte ze ziri muri THE CAYMAN ISLANDS nkuko bavuga ko ari amadosiye abantu bacukumbuye.

Biravugwa ko hari ikinyamakuru cyo mu Budage cyatangaje urutonde rw’abaperezida benshi bahishayo amafaranga yabo ariko muri Africa bakaba bavuga ko Perezida Museveni wa Uganda na Perezida wa DR. Congo Kabila n’uwahoze ari Perezida wa Angola EDUADO DOS SANTOS aribo baza ku mwanya wa mbere.

Ibi byenda gusa n’ibyigeze gusohoka mu myaka ishize muri weakleaks aho bavugaga amabanga y’ibihugu n’abakuru bibihugu ndetse naho babika amafaranga aho abenshi byavugwaga ko abenshi babika muri Panama Papers.

2,794 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.