
ITOHOZA :Uko amakuru ya Panama Papers yamenyekanye ku isi hose
— April 6, 2016

Please enter banners and links.
Muri iyi minsi haravugwa ikitwa Panama Papers abantu bamwe batazi icyo aricyo ariko Ikinyamakuru The Mirror cyanditse kivuga ko banyiri Panama bavuze ko amakuru yatangajwe ku bayobozi bakuru cyane harimo n’Abaperezida ko hari abantu bagerageje kwinjira muri sisiteme (system)yabo (Hackers)bakiba amakuru.
Uwitwa Mossack Fonseca yavuze ko abantu batazwi binjiye muri sisiteme yabo bibamo amadokumenti (documents)angana na Miliyoni 11.

Akomeza ahakana ko ataribo bashyize hanze amakuru avugwa ku bayobozi b’ibihugu bimwe na bimwe bivugwa ko babikayo imitungo ndetse hakaba haravuzwemo na Perezida Kagame.
Uwitwa Romana Fonseca umwe muri banyiri Panama akaba yabwiye Reuters ko bamaze kugeza ikirego kwa Attorney General ndetse hakaba hari ikigo cya Leta kirimo kwiga kuri iki kibazo uburyo aya makuru yamenyekanye.

Barimo kwibaza uburyo amakuru geze ku karubanda aho buri umwe yayamenye ariko bakaba barimo gukora ubushakashatsi n’ubwo bavuga ko hari abantu bakoresheje imashini ya Laptop bakinjira muri sisiteme bakiba amabanga yose.
Paul Ducklin ushinzwe ikoranabuhanga yagize ati “ni ngombwa kwibuka ko ibyaha bikorwa kugirango abantu babone amakuru”.
Perezida w’America Baraka Obama we yavuze ko abihisha gutanga imisoro ku mitungo yabo aribo batumye amakuru amenyekana.
Mu bavugwa bafite imitungo muri Panama harimo na Minisitiri w’Intebe w’uBwongereza Cameron ,hakaba havugwa ko Mossack Fonseca akorana na bank 14000 n’ibigo bito n’abantu bakomeye bafite ibigo bikomeye ku buryo baba bizeyeyo kubona abakiriya .
Sophos yavuze ko amakuru yatwawe n’abantu bataramenyekana ashobora kuzura impapuro 2,600,000 mu Kinyamakuru ,bingana na toni 13.
Banyiri sisiteme ubu bahangayikijwe n’uko uwashoboye kwinjira muri sisiteme agatwara amabanga yose n’ubu ashobora gukomeza kuyatwara dore ko guhindura server ya emails atari ibintu umuntu akora ako kanya.
Bamwe bacyohereza kuri emails zagize ikibazo amakuru yabo arakomeza agree kuwashoboye kwinjiramo akiba bivuze ko amakuru mashya arimo kugera kuri we kuko yashoboye kwiba password umuntu yavuga ko ari urufunguzo rw’amabanga.
Muhungu John (Kampala )
2,877 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply