
Abahanzi bo muri Uganda Radio na Weseal batandukanye umwe akora itsinda rishya
— October 14, 2017

Please enter banners and links.
Abahanzi 2 bigeze gukundwa cyane mu Rwanda na Uganda bagize itsinda rya good lyfe Radio na Weseal ubu bamaze gutandukana Radio akora itsinda rye aryita Angel Music.
Amakuru aturuka Makindye aho aba ahanzi batuye avuga ko Moze Radio amaze iminsi abwira inshuti ze ko yatangiye itsinda rye ryitwa Angel Music bikaba byatumye Weseal arara amajoro adasinziriye kubera atazashobora guhangana ku isoko adafite undi bafatanya.
Aba bahanzi bafite igitaramo gikomeye gisoza uyu mwaka bateganya gukora mu kwezi gutaha ariko Moze Radio akaba yarabwiye zimwe mu nshuti ze zitangaje aya makuru ko yababwiye ko nyuma y’igitaramo bateguye cyo kwizihiza imyaka 10 bamaranye bise (10years Of Radio&Weasal’)ibintu bizahinduka bishatse kuvuga ko azatangira kuririmba ku giti cye dore ko yabigerageje agasanga azabishobora.
Uyu muhanzi afite indirimbo ze zo yagaerageje ari wenyine nk’iyitwa Neera Neera,Nkwagala Nnnyo ndetse zakunzwe cyane bivuze ko uyu muhanzi igitekerezo cyo gushaka gukora muzika wenyine akimaranye igihe.
Andi makuru avuga ko hari ikigo gikora umuziki muri Nigeria kitwa G World Entertainment gishaka gusinya uyu muhanzi kugirango kimutere inkunga ajye acyamamariza ariko uyu muhanzi Radio akaba atarasinya amasezerano kuko ashaka ko kibasinyisha bombi.
Noella
3,695 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply