Menya amayeri umugabo yakoresheje agafata umugore we aryamanye n’umukozi wo murugo
— September 4, 2017
Please enter banners and links.

Umusore ukora akazi ko murugo uri mukigero cy’imyaka 22 y’amavuko yafashwe na nyiri urugo aryamanye n’umugore we w’isezerano w’imyaka 35 y’amavuko bafitanye abana batatu, aho uyu mukozi wo murugo yemeje ko bamaze imyaka irenga ibiri bakora ubusambanyi.
Ibi byabereye mu mujyi wa Lagos mugihugu cya Nigeria, umugabo witwa Chibooke Ikeeko yatashye mu masaha y’amanwa ibintu bitari bimenyerewe muri uru rugo kuko ubusanzwe ngo akazi akora agakorera kure y’umujyi wa Lagos, uyu mugabo ubwo yatahaga avuye ku kazi yatunguwe no gusanga umugore we w’isezerano bafitanye abana batatu aryamanye n’umukozi wabo wo murugo kuburiri bw’umugabo.
Uyu mugabo n’ubundi ngo yajyaga akunda kubikeka ko uyu mukozi n’uyu mugore baba bafitanye umubano udasanzwe ariko akabura gihamya doreko ngo yashatse no kwirukana inshuro nyinshi uyu mukozi, umugore akagaragaza impuwe bakamureka.
Uyu mugabo ubw0 yatahaga ngo yatashye asa naho atunguranye, yagize ati “ubusanzwe najyaga nzana imodoka, ariko kubera ko imodoka yari yagize akabazo, nayisigiye uwayikoraga mfata akamoto, iyo nabaga ngiye gutaha nakundaga kubwira umugore ko nje, kugirango bantegurire ibyo kurya kuko mba nihuta, ariko uyu munsi sinzi uko byagenze, ndataha ntaha ntamuhamagaye, nageze kugipangu ndafungura, ngeze kurugi rwo muri sallon, nsanga ntihafunze, nahamagara umuntu nkumva ntibakoma, abana bari bagiye ku ishuri, nahise ngira amakenga, ndanyomboka njya kucyumba cyacu, numva umugore ari gutaka, nibwo nahise mvuga nti wasanga ari umugabo waje murugo akaba ariwe uri gutatsa umugore wanjye, nahise mpuruza” yakomeje agira ati maze “maze guhuruza abaturanyi abari mucyumba ntibari bigeze bamenya ko hari umuntu waje bikomereje ibyabo, abantu bamaze kuhagera nahise mena urugi rw’icyumba nsanga ni umugore wanjuye uryamanye n’umukozi wacu wo murugo, gusa numiwe nagize umujinya nshatse kurwana, baramfata.”
Uyu mugore n’uyu mukozi wo murugo bahise batabwa muri yombi bajyanwa kuri Polisi, bageze kuri Polisi bombi bemeye icyaha, uyu mukozi wo murugo uzwi ku izina rya Okojie ngo yari amaze imyaka igera kuri itatu akora muri uru rugo, ngo yari yarahawe akazi n’uyu mugore, abajijwe iby’ubusambanyi bwe n’uyu mugore yabyemeye ndetse yemeza ko bamaze imyaka irenga ibiri basambana mugihe umugabo yabaga adahari ngo kuko umugore yakundaga no kumushimira amubwirako amukorera ibintu neza ndetse akaba yakundaga no kumuha amafranga yo gufasha umuryango we nk’ishimwe.
Uyu mugore nyiri urugo we ntiyigeze ahamyako amaze igihe kinini asambana n’uyu mukozi wabo wo murugo yavuzeko bwari ubwambere babikoze ndetse agasaba n’imbabazi avugako ari umubiri wabimuteye aho yahamyaga ko ari shitani yamugendereye kuri uyu munsi agasaba imbabazi avugako ababariwe agakomeza kurera abana be, abana n’umugabo atazongera ukundi.
Uyu mugore n’uyu mukozi wo murugo bahise bacumbikirwa kuri polisi kugirango hakurikizwe amategeko ahana ikicyaha cy’ubusambanyi kubashakanye.
4,474 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply