Amahirwe atabaho ntagucike:Urashaka inzu yo kugura I Rwamgana ifite urugo rwajyamo amazu 3 ku mafaranga make.
— September 2, 2017
Please enter banners and links.

Hari abantu bavukana amahirwe uzagura iyi nzu azaba atamboye kuko urebye aho iri n’uburyo ari hanini hafi y’umuhanda ,amashuri y’abana ari mu marembo ,ibitaro n’iminota 5 kubigeraho .
Iyi nzu nyirayo ayishakamo Miliyoni 20 ariko zishobora kubanuka bitewe n’ubwumvikane kuko nyirayo n’umuntu utagorana.Iyo nzu ntigucike rwose niba ufite gahunda kandi wanahashyira ubucuruzi ,amazu y’ubucuruzi menshi cyangwa ugashyiramo akabari kuko ni hanini cyane cyangwa se ukubakamo amazu y’abapangayi.
Iherereye mu Karere ka Rwamagana hafi y’umuhanda ntabyo gutega moto ni hafi y’isoko ,ifite amazi n’umuriro mbese cyeretse uhigereye nawe ukirebera kuko uhageze wahava uvuga uti ndatinda kwishyura barayintwara.








Aho ni hanze ku muhanda ugiye gushyirwamo kaburimbo

urabona ukuntu ari hanini





Urusengero rw’Abadive ruri mu marembo yiyo nzu
Niba uyishaka duhamagare kuri 0782392114 maze witomborere kuko ubusanzwe ushobora kuhagura na Miliyoni 40 ariko nyiraho ibiciro yabishyize hasi.Ibyangombwa irabifite byose nta na kimwe idafite uyishaka tumwifurije amahirwe.Reba amafoto yayo.Iyo nzu ifite na n’indi inyuma boys quarters.Tuzakomeza kubagezaho amakuru yayo
4,488 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply