U Rwanda rwatumye Perezida wa Sudan Bashiir yiyunga n’uwa Sudan y’Epfo Kiir
— August 21, 2017
Please enter banners and links.

U Rwanda n’igihugu abantu n’amahanga bumvaga gisenyutse birangiye kubera umwiryane wazanywe n’abazungu ushingiye ku moko ariko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ubu nicyo gihugu kimaze kugera ku bumwe n’ubwiyunge.
Ubu ndetse amahanga akaba amaze kurwigiraho byinshi ariyo mpamvu n’Abaperezida babiri bajyaga barebana ayingwe nkuko bikunze kuvugwa aribo Perezida wa Sudan Bashiir na Perezida wa Sudan y’Epfo Sulva Kiir baherutse guhurira mu Rwanda bakahiyungira.
Aba ba Perezida bahuriye mu Rwanda baje mu muhango wo kurahira kwa Perezida Kagame wabaye Kuwa 18 Kanama 2017 maze barasuhuzanya nyuma y’imyaka myinshi batavuga rumwe.
Perezida wa Sudan y’Epfo Sulva Kiir yari inyeshyamba arwanya ubutegetsi bwa Perezida Bashiir umaze imyaka irenga 30 kubutegetsi biza kurangira Sulva Kiir Sudan ayiciyemo ibice habaho Sudan y’Epfo ubu akaba ariwe uyiyobora.
Nyuma y’imyaka myinshi rero bongeye guhurira ikigari bakorana mu ntoki umwe asekera undi ubona ko nta kibazo bagifitanye nkuko byagaragaraga ko Bashiir yamubwiye ati uri umugabo kabisa undi nawe ati warambonye ko ntoroshye mu rwenya.
Abantu niho bahereye bavuga ko u Rwanda ubumwe n’ubwiyunge abafite amakimbirane bose iyo baje mu Rwanda arashira bakongera gusuhuzanya ndetse no guseka bagataha bongeye kuba inshuti.
Bamwe bavuga ko u Rwanda rumaze gutera imbere mu buryo butangaje nyuma y’igihe gito gusa ruvuye mu ntambara kandi abenshi bumvaga bitazashoboka ariko byose bakaba babikesha Perezida Kagame.
Ndayambaje F
3,119 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Nyuma y’uko ikigo cya Cleverland TVET gitsindishije abanyeshuri benshi ku rwego rwa mbere mu gihugu ,Ababyeyi barashimira ubuyobozi bw’Ishuri
Leave a reply