Umuhanzi Weasel wo muri Good life uherutse gutandukana n’umugore we yamaze kubona umukobwa mwiza cyane avuga ko ataremewe ku Isi
— August 20, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi mu itsinda rya Good life witwa Douglas Mayanja uzwi ku izina rya Weasel uvukana na Chamilion aherutse gutandukana n’umugore we babyaranye witwa Samirah .
Amakuru agera ku Kinyamakuru Umusingi aravuga ko uyu muhanzi amaze iminsi asohokana n’umukobwa tutaramenya amazina ye bivugwa ko ariwe bakundana.
Uyu muhanzi nyuma yo kumusangana n’uyu mukobwa inshuro nyinshi basohokanye geze aho abishyira ku mbuga nkoranyamabaga nka facebook avuga ko uyu mukobwa ari mwiza cyane kandi bakundana.
Umwe mu nshuti z’uyu muhanzi uririmbana na Radio muri Good Lyfe yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko Weasel yavuze ko uyu mukobwa kubera ubwiza afite n’uburyo afite urukundo asanga atararemewe ku Isi.


Weasel
Abakobwa benshi beza bakunda abahanzi n’abakinnyi b’umupira ariko nanone abenshi ntibajya bakundana nabo ngo barambane kubera ko abo bahanzi cyangwa abakinnyi b’umupira w’amaguru bahura n’abandi bakobwa benshi cyane beza bakabifuza bigatuma babatereta bagaca inyuma abo babonaga ko aribo beza cyane bagatangira gushwana bikabaviuramo gutandukana.
Bake mu bahanzi n’abakinnyi barambana n’abagore babo urugero abantu bakunze gutangaho rw’umuhanzi ukomeye wakundanye n’umugore no kugeza uyu munsi n’umuhanzi Bobi Wine ubu uherutse kuba Umudepite muri Uganda bakavuga ko akunda cyane umugore we Barbie ariko bakavuga ko burya byose biterwa n’umugore we amenya uko amujera.
Noella
4,288 total views, 3 views today

Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply