Cristiano Ronaldo iby’umupira yabishyize ku ruhande arimo guha care umugore ugiye kumubyarira witwa Georgina Rodriguez
— July 13, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi w’igihangange ku isi Christiano Ronaldo muri iyi minsi ntashaka kugira ikindi yumva uretse kwita ku mugore we witegura ku mubyarira undi mwana nyuma y’iminsi mike yibarutse impanga.
Ubu Christiano Ronaldo n’umukunzi we bamaze iminsi batembera n’umuryango wabo bose ndetse n’umuhungu we mukuru.
Ronaldo mu minsi yashize hari umugore utazwi watewe intanga amubyarira umwana ,uyu mugore bivugwa ko mu masezerano ni uko yagombaga kubyara ntarebe umwana abyaye uko asa agahita amuha Ronaldo bikarangira ku buryo uwo mugore atazongera gukurikirana uwo mwana ashaka kumumenya cyangwa kumureba.
Nyuma y’uwo mwana hari undi wamubyariye impanga ndetse ubu undi bari kumwe ndetse bivugwa ko ariwe akunda cyane atwite nawe yitegura kumubyarira mu minsi yavuba.





Hano Christiano Ronaldo ari kumwe n’umuryango we ndetse n’uwumugore we basohokanye

Umugore iyo atwite aba akeneye umugabo we kumwitaho kugirango bifashe umwana kuvuka neza ndetse azakure neza .
Abantu benshi ndetse n’abafana b’uyu mukinnyi bahora bibaza impamvu Christiano Ronaldo adakora ubukwe nk’abandi bakinnyi nkuko mugenzi we bahora bahanganye mu gutwara ibikombe bitandukanye no gutsinda ibitego byinshi no kurushanwa guhembwa menshi Messi aherutse gukora ubukwe n’umugore we.
Ikipe ya Real Madrid ikaba yatangiye imyiteguro ya shampiyona itaha izatangira mu kwezi gutaha ariko Ronaldo akaba yaranze kujyana nabo ahubwo ahitamo kwihera umugore we care.
Ndayambaje F
3,210 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply