Perezida Mugabe Robert yagurishije inka ze 300 atanga Miliyoni y’Amadorari muri EU kugirango Afurika yigenge
— July 6, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aheruka guturuka mu nama y’abakuru b’Ibihugu baherutse gukorera mu gihugu cya Ethiopia Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatanze Miliyoni y’Amadorari avuga ko yagurishije inka ze 300.
Perezida Mugabe yavuze ko ayo mafaranga yayatanze kugirango Afurika yigenge muri byose aho guhora iteze amaso abatera nkunga.
N’ubwo abakuri b’Ibibihugu barimo gushaka uburyo Afurika ya kwigenga muri byose biracyagoye kuko na Perezida Mugabe yatanze Amadorari kandi igihugu cye gifite amafaranga gikoresha.
Ikindi usanga ahenshi barimo guteza imbere ibikorerwa mu bihugu byabo muri Afurika ariko igitangaje ugasanga bihenda kurusha ibituruka hanze y’Afurika kandi ibyinjira bitanga imisoro.


Abakurikirana ibya politike y’Afurika bavuga ko mbere yo gukumira ibyinjira muri Afurika no gukorana n’abazungu kubera inyungu zabo bakwiye kuba babyitondeye hakabanza hakabaho kwemeza Afurika yunze ubumwe ku buryo umuturage atura aho ashaka agakorera aho ashatse kuko byafasha Afurika gutera imbere.
Cyokora nanone abazi politike y’Afurika bavuga ko kubitangira abantu bagatangira kumva ko harimo guharanira Afurika yunze ubumwe ari byiza kuko bituma abaturage batangira kubyumva bityo nabo buri umwe agatangira gukora mu bitekerezo bye aziko ateza imbere Afurika bitakiri igihugu ku gihugu.
Inzira iracyari ndende n’ibyinshi bibura birimo inganda zihagije zitaraboneka,uburezi buteye imbere,ubuvuzi n’imibereho y’abaturage biracyari hasi cyane ariko nkuko bivugwa ko impinduramatwara itwara igihe n’iyi irashoboka icyangombwa ni ukumva igitekerezo no kwumva ko buri umwe agomba gushyiraho uruhare rwe.
Muhungu John
2,724 total views, 5 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply