Perezida Mugabe Robert yagurishije inka ze 300 atanga Miliyoni y’Amadorari muri EU kugirango Afurika yigenge
— July 6, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aheruka guturuka mu nama y’abakuru b’Ibihugu baherutse gukorera mu gihugu cya Ethiopia Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatanze Miliyoni y’Amadorari avuga ko yagurishije inka ze 300.
Perezida Mugabe yavuze ko ayo mafaranga yayatanze kugirango Afurika yigenge muri byose aho guhora iteze amaso abatera nkunga.
N’ubwo abakuri b’Ibibihugu barimo gushaka uburyo Afurika ya kwigenga muri byose biracyagoye kuko na Perezida Mugabe yatanze Amadorari kandi igihugu cye gifite amafaranga gikoresha.
Ikindi usanga ahenshi barimo guteza imbere ibikorerwa mu bihugu byabo muri Afurika ariko igitangaje ugasanga bihenda kurusha ibituruka hanze y’Afurika kandi ibyinjira bitanga imisoro.


Abakurikirana ibya politike y’Afurika bavuga ko mbere yo gukumira ibyinjira muri Afurika no gukorana n’abazungu kubera inyungu zabo bakwiye kuba babyitondeye hakabanza hakabaho kwemeza Afurika yunze ubumwe ku buryo umuturage atura aho ashaka agakorera aho ashatse kuko byafasha Afurika gutera imbere.
Cyokora nanone abazi politike y’Afurika bavuga ko kubitangira abantu bagatangira kumva ko harimo guharanira Afurika yunze ubumwe ari byiza kuko bituma abaturage batangira kubyumva bityo nabo buri umwe agatangira gukora mu bitekerezo bye aziko ateza imbere Afurika bitakiri igihugu ku gihugu.
Inzira iracyari ndende n’ibyinshi bibura birimo inganda zihagije zitaraboneka,uburezi buteye imbere,ubuvuzi n’imibereho y’abaturage biracyari hasi cyane ariko nkuko bivugwa ko impinduramatwara itwara igihe n’iyi irashoboka icyangombwa ni ukumva igitekerezo no kwumva ko buri umwe agomba gushyiraho uruhare rwe.
Muhungu John
2,686 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply