Dr.Frank Habineza yavuye mu gihugu cya Uganda aho yavugiye ku maradiyo atandukanye ashakayo amajwi
— July 5, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru yageze ku kinyamakuru Umusingi aravuga ko Dr.Frank Habineza uzahagararira Ishyaka rya Green Party mu matora yo kuyobora Repabulika y’uRwanda mu matora yo mukwezi gutaha amaze iminsi mu gihugu cya Uganda aho yari agiye gushakayo amajwi yo kumutora.
Dr.Frank Habineza wizeye gutsinda amatora ubwo yari muri Uganda mu cyumweru gishize yumvikanye kuri radio yitwa CBS FM avuga mu rurimi rw’ikigande.
Yumvikanye abwira abantu ko ariwe wenyine uzazana impinduka mu gihugu ko ariwe bakwiye gutora ndetse ababwira ko bakwiye kwiyandikisha ku rutonde rw’abazatora kugirango bazatore neza ntihazagire ubuzwa gutora.
Impinduka zimwe yavugaga azahindura harimo kubakira abasirikare amazu yo kubamo ,guha abaturage urubuga rwo guhinga ibyo bashaka n’ibindi byinshi.
Tubibutse ko Dr.Frank Habineza uhagarariye Ishyaka rya Green Party na Perezida Kagame aribo bonyine bamaze kwemezwa by’agateganyo na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
2,942 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply