Ucyekwaho kwica Andrew Felix Kaweesi araborera mu bitaro nyuma yo gusanga ari umwere
— May 12, 2017
Please enter banners and links.

Meya wa Kamwenge Geofrey Byamukama araborera mu bitaro bya Nakasero nyuma yo gufatwa na Polisi acyekwaho kuba mu mugambi wo kwica AIGP Andrew Felix Kaweesi akajyanwa ahitwa Jinja aho yishwe urubozo ariko Imana ikamukiza.
Umuvugizi wa Polisi muri Uganda AIGP Asan Kasingye ariwe wasimbuye nyakwigendera yavuze ko Polisi yafashe abapolisi 2 barafungwa hakaba harimo gukorwa iperereza impamvu bishe urubozo umuntu ucyekwaho icyaha kandi ataragihamwa ndetse ko bitemewe kwica urubozo umuntu uwo ariwe wese nibaramuka bahamwe n’icyaha bakazabihanirwa nkuko amategeko abitegeanya.


Byamukama akimara gufatwa polisi yamubwiye ko igiye kumujyana kuri polisi ya Naggulu ariko bamujyana kuri polisi ya Nalufeenya aho bivugwa ko kuri iyi polisi ujyanyweyo akubitwa akicwa urubozo.
Nyuma yo gusanga ari umwere polisi yahisemo kumuvuza ibikomere yatewe n’imvune ubwo abapolisi bamukubitaga bashaka kumwica urubozo ariko Imana ikamukiza none kubera ibisebe afite ku mubiri arimo kuborera mu bitaro bya Nakasero kuko bamukomerekeje cyane.
Hari n’abandi benshi bafashwe bivugwa ko bari mu mugambi wo kwica Andrew Felix Kaweesi nabo uyu munsi Kuwa 12 Gicurasi 2017 nibwo bagejejwe imbere y’umucamanza bakaba batangiye kuburana.
Muhungu John Kampala
2,774 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply