APR FC itsindiwe muri Swaziland 1-0
— February 14, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa 14 Gashyantare 2016 umunsi w’abakundanye ikipe ya Mbabane Swallows yo muri Swaziland itsinze APR FC Igitego 1-0 mu mukino ubanza wa CAF Champions League wabereye i Mbabane.
Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino ku munota wa 24 gitsinzwe na Wilson.
Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya APR FC iyo batsinda bari kwizihiza uyu munsi neza n’abakunzi babo dore ko bakiri abasore bageze mu myaka aho urukundo ruryohera.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali mu byumweru bibiri biri imbere .
Abakinnyi 11 ba APR FC babanje mu kibuga:
Kwizera Olivier, Rutanga Eric, Emery Bayisenge, Abdoul Rwatubyaye, Ngabo Albert, Yannick Mukunzi, Titi Tumaini Ntamuhanga, Butera Andrew, Janvier Benedata, Iranzi Jean Claude, Ndahinduka Michel.
Ikipe ya APR n’ubwo itsinzwe igitego kimwe ku busa ifite amahirwe menshi yo gutsindira I Kigali byibuze igatsinda ibitego 2 ku busa cyangwa 3 kuri kimwe kandi birashoboka kuko izaba iri iwayo ,ifite abafana ku kibuga cyayo.
Muhungu John
3,754 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply