umu amakuru- Sayinzoga wari Umuyobozi wa Komisiyo ya Demobilisation yitabye Imana | Umusingi

jean_sayinzoga_yizeza_imiryango_yagabiwe_inzu_ko_bazayigezaho_n_izindi_gahunda_zituma_barushaho_guteza_imbereSayinzoga wari Umuyobozi wa Komisiyo ya Demobilisation yitabye Imana

Please enter banners and links.

jean_sayinzoga_yizeza_imiryango_yagabiwe_inzu_ko_bazayigezaho_n_izindi_gahunda_zituma_barushaho_guteza_imbere

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017 Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero yitabye Imana .

Amakuru aturuka mu bantu b’inshuti z’umuryango aravuga ko Sayinzoga yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, azize indwara.

Kugeza ubu ntiharamenyekana indwara yazize iyo ari yo kuko ngo yakoraga akazi ke nk’uko bisanzwe.

Yari umusaza wakundwaga n’abantu benshi ndetse yakundaga kuganira n’abantu akabasetsa cyane haba no mukazi no mubuzima busanzwe .Imana imuhe iruhuko ridashira

 

2,937 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.