Menya ibivugwa mu rugendo Perezida Kagame yagiriye mu gihugu cy’UBushinwa
— March 18, 2017
Please enter banners and links.

Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Bushinwa, yakiriwe na mugenzi Xi Jinping uyobora iki gihugu, mu 2013 cyabarirwaga umusaruro mbumbe wa miliyari ibihumbi 9.24 z’amadolari.
Perezida Jinping yakiriye Perezida Kagame na Madamu ari kumwe n’umugore we Peng Liyuan. Ibiganiro by’aba bombi byabereye mu nyubako ‘Great Hall of the People’.
Haraganirwa ku bijyanye n’ishoramari mu Rwanda ku buryo Paradizo bajya bavuga cyangwa Singapore Kagame izayigeraho.
Ubu abarwanya u Rwanda batangiye kubura ibyo banenga ubutegetsi bwa Perezida Kagame kuko igihugu gitera imbere umunsi ku wundi kubera imiyoborere myiza ya Perezida Kagame.



Perezida Kagame na Xi Jinping n’abafasha babo
Umwe mubo twaganiriye utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “abarwanya ubutegetsi bwa Perezida Kagame basigaye Babura icyo babunenga ,imihanda myiza mu gihugu hose ,amazi meza ,amashuri ,amashanyarazi ubwose se umuyoozi mwiza nk’uyu bamukurahe ko ari Imana nyagasani yamutwihereye”.

Perezida Kagame ahageze aho yakiriwe mu modoka nziza cyane


Ese ko uwanenga ya nenga nka Uganda igihugu cyuzuyemo ba mafia birirwa bica abantu ,imihanda yarabananiye kuyikora ariko mu Rwanda ibyaro byose imihanda irakoze kandi imodoka zigera hose.
Hari abatangiye kuvuga ko Perezida Kagame agiye kuzana Abashinwa bakubaka imihanda yo mukirere nk’iba mu gihugu cy’Ubushinwa mu rwego rwo guca akajagari mu mujyi wa Kigali ufite icyerekezo.


Amakuru Ikinyamakuru gikesha abakunzi bacyo baba mu gihugu cy’Ubushinwa aravuga ko aba Perezida bombi baganiriye uburyo imibanire y’ibihugu byombi yakwiyongera ndetse Ubushinwa bukaba bwiyemeje gushyigira u Rwanda muri gahunda ziterambere zitandukanye.
Baganiriye ku bukerarugendo uburyo bwatezwa imbere mu Rwanda ,kubaka inganda nyinshi ,ubuhinzi n’ubworozi bugezweho n’umutekano n’ibindi byinshi.
Ibi n’ibimwe muri byinshi Perezida Kagame akorera abanyarwanda kugirango igihugu cyabo gitere imbere ndetse nabo babeho neza.
Ndayambaje F
2,561 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply