Kayonza ruswa iravuza ubuhuha mu burezi 2 bari mu maboko ya polisi
— March 8, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu Karere ka Kayonza ni uko abashinzwe uburezi ku rwego rw’Akarere bari mu maboko ya polisi aho bacyekwaho ruswa.
Mu bindi bashinjwa harimo impapuro mpimbano ,itonesha n’icyenewabo nkuko bamwe mu nshuti zabo babasura babivuga ndetse bakaba bavuga ubu ko bamaze kujyanwa I Rukara.
Umwe mu bakozi b’Akarere ka Kayonza utarashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko hari abantu 2 bari bakuriye uburezi mu Karere bari mu maboko ya polisi bashinjwa kurya ruswa.

Bizimana Franscois Xavier ufunzwe
Abafashwe harimo uwitwa Mugabo Charles Namara ushinzwe amashuri yisumbuye n’imyuga undi ni Bizimana Franscois Xavier umuyobozi mukuru ushinzwe uburezi.

Mugabo Charles Namara ufunzwe
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Kayigi Emmanuel ariko ntiyadusubiza.
Abarimu bakomeje kujya babivuga ko Namara arya amafaranga ikigo cya New life cyohereza mu Karere yo guhemba abarimu icyo kigo cyoherezayo kwigisha abanyeshuri kuko New life ifiteyo abana ifasha kubarihirira amafaranga y’ishuri.
Gatera Stanley
2,767 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply