Uburyo abagore bishe mukuru wa Perezida wa North Korea
— March 5, 2017
Please enter banners and links.

Abagore ba 2 bigishijwe kwica abantu ku rwego rwo hejuru bahawe misiyo yo kwica Kim Jong nam mukuru wa Perezida wa North Korea Kim Jong un.
Ibitangazamakuru byavuze ko abo bakobwa bamugenzu aho yajyaga hose hanyuma mu gihe yari agiye kurira indege umwe mu bakobwa amuturuka inyuma amushyira agatambara ku mazuru karimo imiti undi nawe amutera agashinge karimo uburozi ako kanya abakobwa bahise baburirwa irengero.
Abari bahari batekereje ko Kim Jong nam n’abo bagore bari baziranye bitewe n’uburyo basuhujijanyije kandi nyakwigendera yarazwiho gukunda abagore cyane n’inzoga .
Umwe mu bagore bamwishe yari yambaye umwambaro uriho inyuguti 3 arizo LOL (Laugh out loud) ugenekereje gisobanura ngo seka cyane .

Abo bagore bakimara kuhava yatangiye gutaka umutwe ko umumereye nabi .Nta muntu wakekaga ko abo bagore bakora ubwocanyi gutyo ariko nyuma yaho nyakwigendera ashiriyemo umwuka nibwo Camera zo ku kibuga cy’indege cya Kuala Lumpur International Airport zirekanye burira ikamodoka bahunga.
Kim yari agiye kurira indege agiye Macau urugendo rw’amasaha 4 mu ndege ,akaba yarasubiye iyo yahungiye nyuma yo kumenya ko se umubyara yashakaga kumwica.

Kim Jong Nam n’umwana wa Nyakwigendera Kim Jong il ,uyu akaba ariwe wari Perezida wa Nort Korea wabaye Perezida asimbuye se ,uyu muryango uyoboye iki gihugu imyaka myinshi cyane basimburanwa guhera mu 1940.Uyu muryango wishyiriyeho amategeko ko umugabo ukoze icyaha bahana sekuru na sekuruza we iyo ariho .
Iyo Perezida avuga ijambo abayobozi bakomeye baba bamwegereye bose baba bagomba kwandika buri jambo avuze ,naho Perezida Kim Jong un aherutse kwica mubyara we amuziza ko atamugira inama nziza.
Kim Jong un niwe watumye mukuru we ahunga akajya muri North Korea kubera kutumvikana kubera yari azi ko se ariwe yabyaye mbere ariwe mukuru gusa asanga yarabyaye undi mwana ariko yaramuhishe ariwe nyakwigendera.
Se yamwohereje I Burayi kwigirayo ariko agarutse umuvandimwe we ubu ariwe Perezida Kim Jong un atangira gukeka ko ashobora kumukura ku ntebe y’ubuperezida atangira kumurwanya undi ahungira muri North Korea aho yamuteje abagore bamutera agashinge karimo uburozi arapfa.
Ndayambaje F
2,575 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply