Mama Africa agiye kubazanira igihangange muri muzika Tiwa Savage
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

Mama Africa na Future records bafatanije na Future frica bishyize hamwe mu rwego rwo guteza imbere umuziki nyarwanda no kuzamura imideli (Fashon) bityo bakaba bagiye kubazanira igihangange muri Muzika Tiwa Savage.
Tiwa Savage akaba yitezwe I Kigali tariki 4 Werurwe 2017 mu gitaramo kiswe Women achievements Gala.
Mama Africa akaba n’umuyobozi w’ikigo gikora ibijyanye n’imideli mu Rwanda Mama Africa aganira n’Ikinyamakuru Umusingi gikunzwe cyane muri iyi minsi yagize ati “impamvu twahisemo kubitangaza mu itangazamakuru ni uko tumaze kwizera ko azaza byanze bikunze kuko hari ibyo tumaze kugeraho bigaragaza ko azaza kandi abakunzi ba muzika na fashion muzaza mutaramane n’igihangange muri muzika Tiwa Savage”.
Tiwa Savage n’umuhanzi mpuzamahanga ukunzwe cyane kandi w’umuhanga kuba Future Africa na Mama Africa bagiye kumuzana mu Rwanda ni ntambwe ikomeye ndetse bakwiye gushyigikirwa maze umuziki mu Rwanda ugatera imbere ndetse na fashion igatera imbere.
Umwe mu batangiye kumva aya makuru ya Tiwa Savage witwa M Grace Iradukunda yavuze ko Tiwa Savage ari mu bahanzi bakunzwe cyane ndetse akizeza abategura kumuzana ko abantu bazaza ari benshi cyane kubera uburyo uyu muhanzi akunzwe.
Tiwa Savage n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria akaba afite indirimbo nziza cyane harimo iyitwa Africa rising yakoranye na Davido na Diamond akaba yarakoranye na Wizkid indirimbo yakunzwe cyane yitwa Bad .
Mama Africa akaba abasaba kuzaza muri benshi mukamushyigikira ndetse mugateza imbere Fashion na muzika Nyarwanda n’abakunda Tiwa Savage mwese muzaze.
Noella
2,445 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply