Mama Africa agiye kubazanira igihangange muri muzika Tiwa Savage
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

Mama Africa na Future records bafatanije na Future frica bishyize hamwe mu rwego rwo guteza imbere umuziki nyarwanda no kuzamura imideli (Fashon) bityo bakaba bagiye kubazanira igihangange muri Muzika Tiwa Savage.
Tiwa Savage akaba yitezwe I Kigali tariki 4 Werurwe 2017 mu gitaramo kiswe Women achievements Gala.
Mama Africa akaba n’umuyobozi w’ikigo gikora ibijyanye n’imideli mu Rwanda Mama Africa aganira n’Ikinyamakuru Umusingi gikunzwe cyane muri iyi minsi yagize ati “impamvu twahisemo kubitangaza mu itangazamakuru ni uko tumaze kwizera ko azaza byanze bikunze kuko hari ibyo tumaze kugeraho bigaragaza ko azaza kandi abakunzi ba muzika na fashion muzaza mutaramane n’igihangange muri muzika Tiwa Savage”.
Tiwa Savage n’umuhanzi mpuzamahanga ukunzwe cyane kandi w’umuhanga kuba Future Africa na Mama Africa bagiye kumuzana mu Rwanda ni ntambwe ikomeye ndetse bakwiye gushyigikirwa maze umuziki mu Rwanda ugatera imbere ndetse na fashion igatera imbere.
Umwe mu batangiye kumva aya makuru ya Tiwa Savage witwa M Grace Iradukunda yavuze ko Tiwa Savage ari mu bahanzi bakunzwe cyane ndetse akizeza abategura kumuzana ko abantu bazaza ari benshi cyane kubera uburyo uyu muhanzi akunzwe.
Tiwa Savage n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria akaba afite indirimbo nziza cyane harimo iyitwa Africa rising yakoranye na Davido na Diamond akaba yarakoranye na Wizkid indirimbo yakunzwe cyane yitwa Bad .
Mama Africa akaba abasaba kuzaza muri benshi mukamushyigikira ndetse mugateza imbere Fashion na muzika Nyarwanda n’abakunda Tiwa Savage mwese muzaze.
Noella
2,579 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply