Charly na Nina bahagurutse i Kigali bagiye kwitabira Hipipo Awards i Kampala
— February 4, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gashyantare 2017 mu mujyi wa Kampala hateganyijwe kubera ibirori bya HIPIPO AWARDS 2017, DJPius, Charly na Nina ni bamwe mu banyarwanda bari guhatanira ibyo bihembo, mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 Gashyantare rishyira ku wa 4 Gashyantare 2017 nibwo aba bahanzi bahagurutse i Kigali berekeza Kampala mu gihugu cya Uganda.
Aba bahnzi kandi bari bunaririmbe mu birori bya Hipipo Awards bahagurukanye na Muyoboke Alex usanzwe ari umujyanama wabo n’indege ya saa saba z’ijoro.

Ubwo bahagurukaga babwiye umunyamakuru ko berekeje i Kampala aho kandi banafite ikindi gitaramo tariki 5 Gashyantare 2017. Aha bakazahava berekeza Centre Africa naho bakahava berekeza ku mugabane w’Uburayi mu gihugu cy’Ububiligi.
Muri ibi birori byo guhemba abahanzi bitwaye neza mu karere byo mu irushanwa rya HIPIPO Awards hari hitezwe ko hari bugaragare abandi bahanzi b’abanyarwanda cyane ko abahatanira ibihembo ari umunani, kugeza ubu gusa nta makuru ahari yuko bitabira ibi birori bose.

Umuhanzi Nina akaba yarabwiye Ikinyamakuru Umusingi ko biteguye neza urugendo kandi bazagarukana ibiembo .
Noella
2,727 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply