Umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda Isheja Sandrine yibarutse umwana w’umuhungu
— February 4, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi aravuga ko umunyamakuru ukunzwe cyane Isheje Butera Sandrine ukora kuri radio yitwa Kiss fm yibarutse imfura yabo we n’umugabo we .
Aya makuru yanditswe ku mbuga nkoranyambaga n’inshuti ye ya hafi cyane ejo kuwa gatanu tariki 3 Gashyantare 2017



Bashuti be bakorana nawe n’abandi bakomeje kumwandikira ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bamwifuriza umuryango mwiza.Bamubwira bati subirayo nta mahwa natwe tuti ni mwonkwe.
3,879 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply