Umuhanzi Tina mu bijyanye n’imideli arishimira ibyo amaze kugeraho n’uburyo uyu mwuga urimo gutera imbere
— December 26, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa 22 Ukuboza 2016 umuhanzi Tina Pilot Uwase ukora kwerekana imideli ndetse akaba yarabigize umwuga yagiranye ikiganiro n’Ikinyamakuru Umusingi maze kimubaza byinshi harimo icyatumye akunda modelling n’ibyo amaze kugera ndetse n’uburyo abona uyu mwuga.
Ikinyamakuru Umusingi cyatangiye kimusuhuza ndetse kimubaza niba hari amakuru afite .
Umusingi :Hari amakuru mwaduha ya Modelling?
Tina :Ntakibazo ayoyo ndayafite
Umusingi :Sawa mbwirira hano
uko watangiye modelling
n’icyatumye uyikunda n’igihe wayitangiriye?
Tina :Natangiye modelling umwaka ushize 2015 Ntangirira muri event nkorera muri Tony fashion agency kuva nacyera nkiga primary abavandimwe naba teachers bakundaga kumbwira ngo nzajya muba miss kubera ukuntu najyendaga ariko bo ntibari bazi ko catwalk ari modelling hanyuma nkura mbona aba models arabantu bazi ibyo bakora kandi bafte confidence cyane rero nanjye na confidence n’ukuntu umuryango wange wanshyigikiraga numva ndabikunze mbijyamo.
Umusingi :umaze kujya mu marushanwa kangahe?

Amwe mu mafoto ya Tina



Tina :Nagiye mumarushanwa 4 kugeza ubu 1. Rwanda super model 2015 aho nageze muri 15 bambere n’ubwo ntabashije kuryegukana 2.red carpet fashion awards 2016 aho natsindiye best female model 2016 3.topmodel Africa 2016 tsindira top spokes model Africa 2016 4.miss hertage international 2016 gusa bigeze hagati mbura uko njya kuri final yabereye muri Sri Lanka mu Ukuboza uyu mwaka kuko Nagiye muri exeta then nsanga natinze kwapplying for visa ndayibura sinabona uko njya finale
Umusingi :Ayo marushanwa yaberaga he
Tina:Rwanda super model2015 yabereye mu Rwanda Red carpet fashion awards nayo ni murwanda Topmodel Africa ibera muri Zimbabwe Miss hertage international ibera muri Asia muri Sri Lanka
Umusingi :Aho hose wagiyeyo?
Tina :Cyeretse muri miss hertage international niho ntagiye kubera nari mfite exeta ntinda gusaba visa bimviramo kuyibura
Umusingi :Zimbabwe wagiyeyo
sponsor uyikura he?
Tina :Nagiyeyo ariko twagombaga kugenda turi 5 gusa birangira ngiye njyenyine kubera abandi babuze ama tickets kuko minispoc itatwishyuriye njye family yange hamwe naba supporting modelling yange nibo banyishyuriye ama flights
Umusingi :Na hotels byose?





Amwe mu mafoto y’amarushanwa Tina yitabiriye muri Zimbabwe


Tina :Oya ama hotels nibyo kurya n’ibindi byose byari ibyabateguye competition n’ukuvuga twe byari flights gusa arizo zitureba
Umusingi :ok
umaze kubonamo umusaruro muri ayo marushanwa se?
Tina :Yego munini ariko bitaragera kurwego rwo hejuru. Biracyaza
Umusingi:tubwireho bikeya umaze kubonera muri uwo mwuga
unatubwire niba ubona mu Rwanda umaze gutera imbere cyangwa utubwire uko ubona ahandi bimeze ugereranije no mu rwanda
Tina :Ikingenzi kandi gikomeye nakuyemo ni ibyishimo byo gukora ibyo nkunda then nkuramo titles zamfashije murugendo ndimo rwo kuzamura modelling industry yurwanda niyange in general then financially nkuramo amafrw yo gukomeza kuzamura career yange niyabandi bagenzi banjye ,ikindi nigiramo confidence
Mu Rwanda ntago turagera kure gusa nkurikije imbaraga zirigushyirwa muri modeling industry turi gutera imbere kuburyo bushimishije cyane mboneraho gushimira model Union ihagarariwe na Franco kabano kuntambwe yatewe yokwihuriza hamwe nkaba models kugira ngo tugire ibyo twigirahamwe
Umusingi :Murahembwa se iyo mugiye mu marushanwa?
Tina :Yego haba hari ibihembo byagenewe abatsinze
Umusingi :ok
niko kazi ukora konyine se
Tina :Narangije secondary this year gusa nkora modelling nkanacuruza imyenda ya African styles
Wabona page yange yitwa African clothing shop
Umusingi :imyenda niyawe ucuruza
Tina :Yego
African clothing shop niho ncururiza abashaka kunteza imbere niho bashobora kunsanga
NoellaN
Noella
2,711 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply