Umuherwe SK Mbuga mu bukwe bwe yasutse amafaranga atemba nk’amazi mu mugezi
— December 3, 2016
Please enter banners and links.

Kugira amafaranga ntuyerekane ntacyo biba bimaze nkuko abatashye ubukwe bw’umuherwe SK Mbuga mu mujyi wa Kampala muri Uganda.
Umuherwe SK Mbuga n’umugabo ukiri muto mu myaka ndetse ntago abyibushye nkuko abandi bakire usanga babyibushye inda n’ibikanu ndetse n’umutwe we ni muto.


Ibumoso ni Leila wakundanaga na SK Mbuga mbere

Abamubonye bose ntibamukekera amafaranga afite ,uyu mugabo wakoze ubukwe mu cyumweru gishize afite imodoka zo mubwoko bwose zihenze kandi plaque zazo zose zanditseho amazina ye.







Uyu mugabo witonda cyane yabanje gukundana n’umuhanzi witwa Leila Kayondo ariko bahoraga bashwana ndetse ku buryo uyu muhanzi yigeze gufungisha SK Mbuga barwanye.
SK Mbuga yaje gufata icyemezo cyo kureka Leila Kayondo waririmbye indirimbo nyinshi zakunzwe cyane harimo iyitwa Relaxinga yaririmbanye na Chamilion ndetse n’indi nshyashya ikunzwe cyane yitwa Manifesto ahitamo gukundana na Viviane ariwe bakoranye ubukwe bw’igitangaza.
Ubukwe bwa SK Mbuga na Viviane bivugwa ko aribwo bukwe bwabaye bwiza mu mateka ya Uganda kuko umuhanzi Bobi Wine niwe wari warashyizeho amateka ubwo yakoraga ubukwe n’umugore we Barbie muri 2012.






SKMbuga ari Dubai n’umugore we barya ubuzima














SK Mbuga inshuti ze n’abavandimwe ba yabajyanye mu kabyiniro gahenzi muri Kampala Club Guvnor baranywa bararya buri umwe arinanirwa ,bikaba bivugwa ko yari yatumiye abantu igihumbi (100).
Umurongo w’imodoka ze wari muremure ndetse hari aho yageze nk’umukire wese ava mu modoka n’umugore we batangira kugendera ku mafarasi imodoka zibagenda inyuma.
Umwe mu baturage batashye ubukwe witwa Kizito Eddie yatangarije ibinyamakuru ko kuva yabaho abonye ubukwe buhenze muri Uganda ati “uyu mugabo SK Mbuga afite amafaranga menshi ku buryo ashobora kuyasuka hasi agatemba nk’amazi kandi ibyo yeretse abantu birashimishije”.






Bamwe bamunenze ikintu kimwe gusa cyo kutambara nk’abagande kuko we yari yambaye by’Akisiramu ariko yadodesheje ukuntu kwe .Umugore bashakanye akaba yibera mu gihugu cya Sweden kandi nawe bivugwa ko ari umukirekazi.
Irebere amafoto atandukanye y’ubukwe bw’umukire SK Mbuga
Noella
3,957 total views, 5 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply