Perezida Kagame na Museveni bifatanije na Donald Trump akimara gutsinda
— November 10, 2016
Please enter banners and links.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ,Paul Kagame yatangaje ko yifatanyije na Perezida mushya wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ,Donald Trump watowe kuri uyu wa Gatatu tariki 9 Ushushingo,2016 avuga ko intsinzi ye yabonetse mu buryo bwiza.
Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Perezida Paul Kagame yagize ati: “Nifatanyije na Donald Trump ku bw’intsinzi ye yabonye mu buryo bwiza. Twiteguye gukomeza umubano mwiza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’ubuyobozi bushya.”

Perezida Kagame na Perezida Trump
Perezida Kagame akaba ariwe wabaye uwa mbere mu bakuru b’ibihugu bagaragaje ko bishimiye Intsinzi ya Perezida Donald Trump harimo na Perezida Museveni wa Uganda n’uwu Burusiya Vladimir Puttin.
Perezida w’Amerika Donald Trump akaba yaravuze ko azashyira Perezida Museveni muri gereza naramuka atsinze ariko igitangaje n’uburyo Perezida Museveni yihutiye kumwifuriza itsinzi.

Perezida Trump na Perezida Museveni
Icyo gihe Museveni abajijwe ku byo Trump yavuze yagize ati azabanze akemure ibibazo by’Abanyamerika Abagande bafite uko bakemura ibibazo byabo ndetse avuga ko atazi Trump.
Itsinzi ya Perezida Donald Trump ikaba yatunguye abantu benshi kuko ntabwo yahabwaga amahirwe yo kuba yahigika uwo bari bahanganye ,Hillary Clinton dore ko n’abamwe bo mu ishyaka rya ba Repubulikani ahagarariye bari batakimushyigikiye .
Donald Trump akaba abaye Perezida wa 45 uyoboye Leta Zunze ubumwe za Amerika akaba simbuye kuri uyu mwanya uwari Perezida w’icyo gihugu Barack Obama.
Gatera Stanley
3,551 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply