Umunyarwanda Kayumba yoherejwe muri gereza kubera Miliyari 10 Shs
— August 19, 2016
Please enter banners and links.

Umunyarwanda w’umucuruzi uba mu gihugu cya Uganda yoherejwe muri gereza ya Luzira azira ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu butemewe.
Ikinyamakuru cyo muri Uganda Daily Monitor cyo Kuwa 18 Kanama 2016 cyanditse kivuga ko uyu mugabo ashinjwa icyaha cyo gucuruza amahembe y’inzovu mu buryo butemewe.
Ikigo kimisoro n’amahoro cyo muri Uganda cyavuze ko cyafashe amahembe 832 apima ibiro bigera kuri 3,000kgs.
Kayumba akaba yarafatiwe ku kibuga cy’indege cya Entebbe kuwa kane w’icyumweru gishize ashinjwa gukora ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu kandi bibujijwe muri East Africana Community.

Emily Kayumba ajyanywe muri gereza ya Luzira
Umucamanza Patricia Amoko yanze ko Kayumba Emily yishingirwa hagatangwa amafaranga aho kumufunga nkuko bigenda muri East Africa uretse mu Rwanda aho iyo ufite amafaranga uyatanga abantu bakakwishingira ko utazatoroka ubutabera ahita amwohereza muri gereza ya Luzira .
Umucamanza Patricia Amoko yavuze ko Kayumba ari umunyamahanga ashobora gutoroka ubutabera kandi iki cyaha Atari ubwa mbere akiregwa kuko no muri 2013 nabwo hafashwe amahembe y’inzovu bikekwa ko nayo yari aya Kayumba.
Ibyaha byarezwe Emily Kayumba byose akaba yabyihakanye akazagaruka imbere y’umucamanza kuwa 25 Kanama 2016.
Muhungu John Kampala
2,793 total views, 3 views today

Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply