Umugore wibye uruhinja akarurera nk’umwana we yakatiwe imyaka 10
— August 15, 2016
Please enter banners and links.

Urukiko rwo muri Afurika y’epfo rwakatiye umugore wibye uruhinja rukivuka maze amara imyaka 20 arurera nk’umukobwa we, gufungwa imyaka 10.
Uwo mugore ufite imyaka 51, yemeye ibyaha by’uburiganya no gushimuta uruhinja.
Urwo ruhinja, Zephany Nurse, rwakuwe aho rwari ruryamye ku gitanda iruhande rwa nyina mu ivuriro rya Cape Town.
Mu mwaka wa 2015, nibwo batangiye gukeka ko Zephany Nurse afitanye isano n’umukobwa w’inshuti ye basaga cyane biganaga mu ishuri rimwe.
Ibipimo byo kwa muganga bigaragaza isano hagati y’abantu-DNA- byagaragaje ko abo bakobwa ari abavandimwe.
Umucamanza, yabwiye uwo mugore ko yabeshye urukiko kandi atagaragaje ko yicuza maze rumukatira gufungwa imyaka 10 yose.
Muhungu John
2,926 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply